Adonis Filer wafashije ikipe ya REG BBC kwegukana shampiyona y’umwaka ushize(2022), nyuma akajya gukinira Urunani BBC y’i Burundi agiye kuyigarukamo. Ubwo REG BBC yakinaga muri Shampiyona ya 2022, ur...
Yitwa Etienne Ndayiragije akaba yari asanzwe ari umutoza wa Bugesera FC. Yasinyiye gutoza Ikipe y’igihugu y’u Burundi Amasezerano Etienne Ndayiragije yari afitanye na Bugesera FC yarangiye Taliki 10, ...
Mu mwaka wa 2022 ingabo z’u Bufaransa zazinze utwangushye ziva i Gao muri Mali aho zari zimaze imyaka zikambitse. Nyuma yo kwirukanwa muri iki gihugu zimwe zagiye muri Burkina Faso none n’aho zasabwe ...
Imwe mu ngingo u Rwanda rwishimira mu zigize uruzinduko rw’Umuyobozi mukuru w’Ikigega mpuzamahanga cy’imari Kristalina Georgieva, ni uko yashimangiye ko iki kigega cyizaha u Rwanda Miliyoni $ 319 zo k...
Ubwo yari yagiye kuganira n’abaturage ngo bamugezeho ibibazo nawe azabigeze kuri Guverinoma, Abatwa bo mu gace kitwa Mwaro babwiye Minisitiri Imelde Sabushimike kubashakira amabati bagasakara inzu, ab...
Ubuyobozi bwa Kaminuza yitwa Samford University ikorera muri Leta ya Alabama, USA, yasinye amasezerano y’imikoranire n’ishuri rikuru rya Gikirisitu riyoborwa na Rev.Dr. Laurent Mbanda ryitwa East Afr...
Ubunyamabanga bukuru bw’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bwashyizeho kandi bwohereza muri Somalia itsinda ry’abahanga ngo basuzume niba yujuje ibisabwa byose ngo yemererwe kujya muri uyu muryango....
Mu rwego rwo guca urugomo rukorwa n’abashumba bo mu Karere ka Rubavu, ubuyobozi bwako bwanzuye ko buri wese uragira agomba kugira ikarita imuranga. Imyaka irashize abaturage bo mu mirenge nka Cyanzarw...
Umuraperi Kanye West yakomanyirijwe gukandagira muri Australie aho umugore ‘mushya’ akomoka. Mu Cyumweru gitaha yari ahafite urugendo rwo kujya gusura abo kwa Sebukwe, bakamubona bakaganira. Ubuyobozi...
Ubuyobozi bw’umurwa mukuru wa Koreya ya ruguru witwa Pyongyang bwategetse abaturage kuguma mu ngo zabo mu gihe cy’iminsi itanu(5)birinda kwanduzanya indwara ‘yandurira mu buhumekero.’ Nta ...









