Nyuma yo kugirwa Umujyanama muri Njyanama y’Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva yatorewe kuba Meya w’ Umujyi wa Kigali. Uyu munyamategeko ukiri muto yari amaze igihe runaka ari Umunyamab...
Iki kibazo kiri mu byibazwa na benshi mu bakurikiranira hafi ibibera hirya no hino ku isi. Bavuga ko Amerika n’isi muri rusange bahanze amaso intambara ya Israel na Hamas bityo ibyo muri Ukraine...
Abaganga babyaza bakanavura indwara zibasira imyanya ndangagitsina z’abagore bavuga ko imibare y’abagore bagwa ku kiriri igihangayikishije. Babivugiye mu nama ngarukamwaka y’iminsi ibiri yategu...
Emmanuel Hammez uyobora Airtel Rwanda avuga ko kuva cyatangira guha abaturage telefoni zigezweho muri gahunda ya Connect Rwanda, hamaze gutangwa telefoni 52,000. Yabivugiye mu Karere ka Rubavu ahatang...
Amakuru ataremezwa n’uruhande rudafite aho rubogamiye avuga ko Corneille Nangaa wahoze uyobora Komisiyo y’amatora ya DRC yihuje na Bertrand Bisimwa wo muri M23 bakora ishyaka bise Alliance...
Madamu Dr. Odette Nyiramirimo wo muri Unity Club abwira Abanyarwanda bose ko buri wese ukunda u Rwanda akwiye kwita ku babyeyi baba mu ngo z’Impinganzima, ntibibwire ko ari inshingano za MINUBUMWE gu...
Umukambwe wubashywe cyane mu Rwanda Pasiteri Ezra Mpyisi yavuze ko abavuze ko yapfuye ari abagaragu ba satani kuko batamwifuriza ibyiza. Avuga ko agihumeka, akireba, acyumva kAndi akibasha kwandika....
Perezida wa Repubulika yaraye ahaye abayobozi inshingano nshya. Umwe muri benshi yazihaye ni Pudence Rubingisa watangiye kuyobora Umujyi wa Kigali muri 2019 asimbuye Rwakazina Marie Chantal usigaye uh...
Ingaruka z’intambara iri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yari yaratumye umuriro mu Mujyi wa Goma ubura. Ikigo cya Virunga Energies gisanzwe kibaha amazi kivuga ko kugeza ubu amashanyarazi yaga...
Harya no hino mu Mujyi wa Kigali hari abaturage bavuga ko urubyiruko rwo muri Sudani y’Epfo rumaze igihe rugaragaraho urugomo ruterwa ahanini no kunywa cyane rugasinda. Umumotari witwa Ndagijimana avu...









