Skip to content
Hot News

Abanya Venezuela Bari Guhabwa Intwaro Zo Kuzahangana Na Amerika

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Muhanga: Ba Nyiri Ibirombe Bibukijwe Gushyira Abakozi Muri Ejo Heza

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

My Blog

My WordPress Blog

Menu
Saturday, December 6, 2025

Umwanditsi wa Taarifa

  • Mu Rwanda

Samuel Dusengiyumva Yagizwe Meya W’Umujyi Wa Kigali

Nyuma yo kugirwa Umujyanama muri Njyanama y’Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva yatorewe kuba Meya w’ Umujyi wa Kigali. Uyu munyamategeko ukiri muto yari amaze igihe runaka ari Umunyamab...

Umwanditsi wa Taarifa
December 15, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Ibya Ukraine N’Uburusiya Bigeze He?

Iki kibazo kiri mu byibazwa na benshi mu bakurikiranira hafi ibibera hirya no hino ku isi. Bavuga ko Amerika n’isi muri rusange bahanze amaso intambara ya Israel na Hamas bityo ibyo muri Ukraine...

Umwanditsi wa Taarifa
December 15, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Imfu Z’Ababyeyi Bapfa Babyara Zihangayikishije u Rwanda

Abaganga babyaza bakanavura indwara zibasira imyanya ndangagitsina z’abagore bavuga ko imibare y’abagore bagwa ku kiriri igihangayikishije. Babivugiye  mu nama ngarukamwaka y’iminsi ibiri yategu...

Umwanditsi wa Taarifa
December 15, 2023
Read More
  • Ikoranabuhanga

Telefoni 52,000 Za Airtel Muri Connect Rwanda Zimaze Guhabwa Abaturage

Emmanuel Hammez uyobora Airtel Rwanda avuga ko kuva cyatangira guha abaturage telefoni zigezweho muri gahunda ya Connect Rwanda, hamaze gutangwa telefoni 52,000. Yabivugiye mu Karere ka Rubavu ahatang...

Umwanditsi wa Taarifa
December 15, 2023
Read More
  • Mu mahanga

DRC: Haravugwa Umutwe Wa Gisirikare Washinzwe N’Uwahoze Uyobora Amatora

Amakuru ataremezwa n’uruhande rudafite aho rubogamiye avuga ko Corneille Nangaa wahoze uyobora Komisiyo y’amatora ya DRC yihuje na Bertrand Bisimwa wo muri M23 bakora ishyaka bise Alliance...

Umwanditsi wa Taarifa
December 15, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Unity Club Irasaba Abanyarwanda Bose Kwita Ku Mpinganzima

Madamu Dr. Odette  Nyiramirimo wo muri Unity Club abwira Abanyarwanda bose ko buri wese ukunda u Rwanda akwiye kwita ku babyeyi baba mu ngo z’Impinganzima, ntibibwire ko ari inshingano za MINUBUMWE gu...

Umwanditsi wa Taarifa
December 15, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Mpyisi W’Imyaka 101 Yavuze Ko Abamubitse Ari Abagaragu Ba Sekibi

Umukambwe wubashywe cyane mu Rwanda Pasiteri Ezra Mpyisi yavuze ko abavuze  ko yapfuye  ari abagaragu ba satani kuko batamwifuriza ibyiza. Avuga ko agihumeka, akireba, acyumva kAndi akibasha kwandika....

Umwanditsi wa Taarifa
December 15, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Akazi Gategereje Rubingisa Mu Burasirazuba…

Perezida wa Repubulika yaraye ahaye abayobozi inshingano nshya. Umwe muri benshi yazihaye ni Pudence Rubingisa watangiye kuyobora Umujyi wa Kigali muri 2019 asimbuye Rwakazina Marie Chantal usigaye uh...

Umwanditsi wa Taarifa
December 15, 2023
Read More
  • Mu mahanga

Abatuye Umujyi Wa Goma Bongeye Kumirikirwa N’Amashanyarazi

Ingaruka z’intambara iri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yari yaratumye umuriro mu Mujyi wa Goma ubura. Ikigo cya Virunga Energies gisanzwe  kibaha amazi kivuga ko kugeza ubu amashanyarazi yaga...

Umwanditsi wa Taarifa
November 14, 2023
Read More
  • Mu Rwanda

Kigali: Urubyiruko Rwa Sudani Y’Epfo Ruravugwaho Ubusinzi N’Urugomo

Harya no hino mu Mujyi wa Kigali hari abaturage bavuga ko urubyiruko rwo muri Sudani y’Epfo rumaze igihe rugaragaraho urugomo ruterwa ahanini no kunywa cyane rugasinda. Umumotari witwa Ndagijimana avu...

Umwanditsi wa Taarifa
November 14, 2023
Read More
123...121
Copyright © 2025 My Blog | Powered by News Magazine X