John Rwangombwa uyobora Banki nkuru y’u Rwanda avuga ko uko ibintu bihagaze mu bukungu bwú Rwanda byerekana ko ubukungu bw’u Rwanda buzakomeza kuba bwiza mu mwaka wa 2024/2025. Ndetse ngo ubukungu bw’...
Bavuga ku ‘utabizi yicwa no kutabimenya’ kandi uku ni ukuri ku ngingo nyinshi. Ku byerekeye imiririre iboneye, ingo zo mu cyaro cyo mu Rwanda zimaze igihe zihugurirwa uko bategurira abana indyo yuzuy...
Kuri uyu wa Kane mu Rwanda hageze itsinda ry’abanya Arabie Saoudite baje kureba ahari amahirwe yo gushoramo imari. Bayobowe na Hassan Alhwaizy usanzwe uyobora Ihuriro ry’abacuruzi bo mu bwami bwa Arab...
Donald Trump yatangaje ko yaraye agiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Uburusiya cyagarutse ku ngingo y’uko igihe kigeze ngo bashyireho amatsinda yo kuganira uko intambara yiswe iya Ukraine yahagar...
Perezida Paul Kagame yabwiye Jeune Afrique ko abantu badafasha M23 kandi iri mu kaga aribo bahemuka kuko uriya mutwe asanga ufite impamvu zumvikana zituma ufata intwaro ukirwanirira. Ku byerekeye ing...
Guverinoma ya Qatar yemeje amasezerano yemerera Abanyarwanda bafite impapuro z’inzira zisanzwe kuhatemberera batiriwe bazisabwa. Ibi byemerejwe mu ruzinduko Perezida Kgame yagiriye muri Qatar aho yahu...
Ubushakashatsi bwateguwe na Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango buvuga ko 57,1% ari ijanisha ry’abakobwa baterwa inda batarageza imyaka y’ubukure baba bazitewe nabo bita inshuti. 7% ba...
Mu rubanza rw’iminsi ibiri, Leta ya RDC iri kuburana n’iy’u Rwanda mu kirego Kinshasa iregamo Kigali gufasha M23 mu ntambara yatangiye mu Ugushyingo 2021. DRC ivuga ko iyo ntambara yabaye intandaro ...
Minisiteri y’Intebe mu Rwanda irihanganisha imiryango y’abantu 20 bapfiriye mu mpanuka yaraye ibereye hafi y’ahitwa ku Kirenge mu Murenge wa Rusiga muri Rulindo. Bisi yari irimo abantu bagera kuri 50 ...
Amakuru aturuka mu Karere ka Rusizi avuga ko hari isasu ryarasiwe muri DRC ryica umuturage wo mu Murenge wa Nzahaha mu Karere ka Rusizi witwa Rwabukwisi Zacharie. Kigali Today yatangaje ko uriya muntu...

