Raporo igaragaza ko abizigamiye muri Ejo Heza mu gihugu hose mu mezi arindwi ashize( ni ukuvuga guhera muri Nyakanga 2024 kugeza Mutarama, 2025), bamaze kuzigama Miliyari Frw 7,5. Ni ubwizigame bunga...
Itsinda riyobowe na Lambert Mende ryavuye i Kinshasa ryerekeza muri Kenya kuganira na William Ruto uyobora iki gihugu na EAC. Baraganira ku cyakorwa ngo M23 icururuke, intambara iri mu Burasirzuba bwa...
Mu Mujyi wa Uvira ibintu biri gufata indi sura nyuma y’uko abasirikare ba DRC batangiye kuhava berekeza mu Mujyi wa Kalemie. Abenshi mu basirikare b’iki gihugu bari kugana ahari ubwato ngo bambuke bag...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 19, Gashyantare, 2024 Polisi yafatiye muMurenge wa Kimisagara umusore ikurikiranyeho kwiba ingo z’abaturage akoresheje imfunguzo yacurishije. Yamufatiye mu Mudugudu wa Ubumwe...
Mu mihanda yo mu Midugudu yo mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo abantu ni uruvunganzoka kandi nta yindi ntero itari kwivuna umwanzi bo bavuga ko uwo ari Umunyarwanda cyangwa uvuga Ik...
Donald Trump yanenze imiyoborere ya Perezida wa Ukraine, avuga ko adashoboye kuganira ngo amahoro agaruke aho yabuze, haba mu gihugu cye cyangwa ahandi. Volodymyr Zelenskyy unengwa asanzwe ari Perezid...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga yahagaritse imikoranire n’iy’Ububiligi bitewe n’imyitwarire yabwo irimo agasuzuguro no kurusibira amayira. Ni icyemezo kizamara imyaka itanu ni ukuvuga hagati ya 2024 na 20...
Abadipolomate ba Amerika n’Uburusiya batangaje ko hari akazi kenshi kandi gakomeye kagomba kubanza gukorwa mbere y’uko Putin ahura na Trump. Babitangaje nyuma y’amasaha ane n’igice baganira ku ngingo ...
Nyuma yo gushaka kubambura intwaro bakabyanga, abasirikare ba DRC barasanye n’abasore bo muri Wazalendo hapfa abantu 12. Byabaye kuri uyu wa Mbere ubwo abasirikare ba DRC bari bavuye ku rugamba batsin...
I Riyadh muri Arabie Saoudite hatangiye ibiganiro biri mu bikomeye biri kuba ku isi bigamije guhagarika intambara y’Uburusiya na Ukraine. Ese ni bande bari ku meza y’ibiganiro? Ku ruhande rw’Uburusiya...







