Ibihugu by’u Bubiligi, u Buholandi n’u Budage byabujije indege zituruka mu Bwongereza kugwa ku bibuga byabyo kukomuri kiriya gihugu havugwa ubwoko bushya bwa COVID-19 kandi bwandura vuba. Amakuru y’ub...
Hari abakorera n’abigeze gukorera Croix Rouge y’u Rwanda babwiye Taarifa ko umuyobozi mukuru wa kiriya kigo abarenganya, kandi akaba yarashyizeho imikorere idahuje n’amahame agenga kiriya kigo(statut)...
Muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Kongo haravugwa inkuru ya Perezida wa Komisiyo yo kurwanya ruswa wiwa Ghislain Kikangala uherutse gutabwa muri yombi akurikiranyweho kwaka no kwakira ruswa ya 3...
Imyaka igiye kuba 30 u Rwanda ruvuye muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Kugeza ubu ni igihugu kiri gutera imbere n’ubwo hatabura ibitotsi birimo na bamwe mu bayobozi bakurikiranwaho ruswa. Louise Mushik...
Umwana w’Umunyarwanda witwa Aimable Nshuti yatwaye umudari wa Bronze mu mikino yo kwiyereka(KATA) y’abana bakina Karate batarengeje imyaka 14 y’amavuko. Umudari wa Bronze uhabwa umukinnyi wese wabaye ...
Perezida w’ u Burundi Evariste Ndayishimiye yatashye inyubako zirimo n’Urusengero rushya rwa Kiliziya y’Aba Methodiste ( Eglise Méthodiste Libre) ruri i Bujumbura ahitwa Carama Gahahe. Yari aherekejwe...
Perezida Paul Kagame yifurije Roch Marc Christian Kaboré uherutse gutsindira kongera kuyobora Burkina Faso kuzagira akazi keza. Perezida Kaboré yatangiye kuyobora Burkina Faso mu Ugushyingo, 2015 n...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 19, Ukuboza, 2020, mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango habereye igikorwa cyo gushyingura imibiri 10 yabonetse mu bice bitandukanye bya kariya karere. Abitabiriye ki...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga wa USA Mike Pompeo yatangaje ku mugaragaro ko USA izi neza kandi yemeza ko Abarusiya ari bo bayigabyeho igitero cy’ikoranabuhanga giheruka. Hari Umu...
Umuyobozi w’Inama y’Igihugu ishinzwe amashuri makuru na za Kaminuza, High Education Council, Dr Rose Mukankomeje avuga ko basanze ikintu cy’ingenzi kica ireme ry’uburezi ari uko abarimu batahembwa ne...









