Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu barindwi barimo umupolisi witwa PC(Police Constable) Hakim Ndagijimana bari barakoze itsinda ryo kwambura abantu ibiryabarezi ku maherere kugira ngo babigurishe. Umw...
Twamenye ko mu Mudugudu wa Mukoni, Akagari ka Kamashashi mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro hari umubiri wataburuwe bigizwemo uruhare na Mukundwa Theophile nyuma yo kwishyurwa Frw 110 000....
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bivuga Igifaransa, Madamu Louise Mushikiwabo asaba ibigo by’imari n’abandi bafite ijambo rikomeye mu bihugu bikoresha Igifaransa gufasha abagore...
Guhera kuri uyu wa 30 Ukuboza, 2020 ,Ubuyobozi bukuru bw’Ikigo cy’ubucuruzi Equity Group bwamurikiye abanyamuryango bayo ibirango bishya byerekana ko bwaguye akazi bukaba bugiye kongera serivisi kub...
Urubanza Nkubiri Alfred aregwamo rwaburanishirijwe mu cyumba cy’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo. Rwatangiye rutinze ariko aho rutangiriye habanza kumvwa ubwunganizi bwa Nyiramahoro Theopista. &nb...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 30, Ukuboza, 2020 nibwo hari bube urubanza ruregwamo umunyemari Alfred Nkubiri ukurikiranyweho ibyaha birimo kunyereza ifumbire . Urubanza rwe rwari ruteganyijwe gutangira s...
Umunyemari Paul Muvunyi umaze icyumweru afunzwe akurikuranyweho guhimba sinya, yitabye ubushinjacyaha kuri uyu wa Kabiri. Hari ahagana saa munani, akaba yitabye ubushinjacyaha bw'i Nyamirambo i K...
Hari ba rwiyemezamirimo n’abantu ku giti cyabo MINAGRI ivuga ko banyereje ifumbire bagera kuri 19. Bose uko bakabaye barimo Leta umwenda wa Frw 9.016.018.268. Ikigo cya Itegeri Dieudonné kitwa SOPAV ...









