Ntabwo umuntu ari impyisi ariko rero umugani ugana akariho! Umuntu ni inyamaswa ifite kandi igendera ku maguru abiri, ikagira uruti rw’umugongo ruhagaze kandi ikagira igikanka kitabwataraye kirimo ubw...
Larry King arwaye COVID-19, amaze Icyumweru mu bitaro by’i Los Angeles, California, USA. Niwe munyamakuru wa CNN wamamaye kurusha abandi kugeza ubu. Larry King yamaze imyaka 25 akora ikiganiro yakiri...
Mu ijambo aherutse kugeza ku baturage, Perezida wa Repubulika y’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko ubutegetsi bwe buri gukora uko bishoboka kose kugira ngo abaturage bahabwe amahirwe angana mu ...
Radio yitwa Ndeke Luka yo muri Centrafique yatangaje ko ingabo z’u Rwanda ziri muri kiriya gihugu zishe inyeshyamba za CPC 8 zifata mpiri babiri. Byabereye mu mirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatand...
Umuryango wagurishije isambu n’umunyemari Paul Muvunyi watangarije Taarifa ko ntacyo umushinja kandi ko batazi abamurega guhimba sinya icyo bashingiraho. Batubwiye ko nta n’umwenda abarimo...
Perezida Felix Tshisekedi yahaye imbabazi abantu bose bahamijwe uruhare mu rupfu rwa Laurent- Desiré Kabila wayoboye Repubulika ya Demukarasi ya Kongo guhera muri 1997 kugeza muri 2001 ubwo yapfaga ar...
Abaturage bo mu Murenge wa Gitesi mu Karere ka Karongi babwiye Taarifa ko mu Kagari ka Rwariro hari Zahabu na Gasegereti abantu bitwikira ijoro bakajya kuyishaka mu mugezi wa Nyabahanga, bakayiguris...
Iyo urebye Akarere Centrafrique iherereyemo usanga iramutse igize ibyago byo kutagira amahoro arambye, yaba intandaro y’imidugararo yagera mu karere kose iherereyemo ndetse bikajegeza n’Afurika yose. ...
Mu ijambo Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ku baturage risoza umwaka yavuze ko n’ubwo u Rwanda rwaciye mu bibazo bikomeye kubera icyorezo cya COVID-19 ariko hari ikizere ko igihugu kizatera imbere ...
Kuri uyu wa Kane taliki 31, Ukuboza, 2020 nibwo Perezida Paul Kagame yavuze ijambo rirangiza umwaka, arigeza ku batuye u Rwanda. Hari saa tatu z’ijoro Perezida Kagame mu ijambo rye yagarutse ku ...









