Indege nini itwara abagenzi yaguye mu Nyanja itaramara igihe kinini ihagurutse ku kibuga cy’indege kiri i Jakarta muri Indonesia. Ni indege nini y’Ikigo kitwa Sriwijaya Air ikaba yari itwaye abantu ba...
Arikipisikopi wa Kigali Cardinal Antoine Kambanda yifurije Padiri Ubald Rugirangoga uherutse gutabaruka kuzagira iruhuko ridashira kandi Imana ikamwakira mu ijiro aho iganje. Yanditse kuri Twitter ati...
Israel ni igihugu kihariye mu ngeri nyinshi. Twirengagije ibindi tukareba ububanyi n’amahanga bwayo dusanga kuva yabaho yarakoze uko ishoboye ngo ibane n’amahanga yaba abanzi cyangwa abakunzi. Kugira ...
Ibyavuye muri tombola imaze amasaha make ibaye, byerekanye ko AS Kigali izahura n’Ikipe yo muri Tunisia yitwa Club Sportif Sfaxien. Iyi kipe yo muri Tunisia ifite amateka maremare kuko yashinzwe muri ...
Icyegeranyo Taarifa yakoze kigaragaza ko mu bahanzi b’Abanyarwanda bakize kurusha abandi harimo bake bageze kandi barangiza Kaminuza. Abaminuje ntibakijijwe n’amasomo ahubwo bakijijwe no kuririmba, we...
Amakuru Taarifa yizeye neza avuga ko Padiri Ubald Rugirangoga wari umaze igihe arwariye mu bitaro byo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika biri muri Leta ya Utah, yitabye Imana. Yazize uburwayi bw’ibihaha...
Komiseri mukuru wa Polisi ya Uganda Martin Okoth Ochola yaburiye abaturage ba Uganda ko uzahirahira agahungabanya umutekano ku munsi w’amatora ‘azicuza icyo Nyina yamubyariye.’ Amatora y’U...
Mu nteko y’Ikipe ya APR FC yabaye muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 07, Mutarama, 2021 yatoye ubuyobozi bushya bwa APR FC. Major Gen Mubarakh Muganga niwe wagizwe Chairman wayo avuye ku m...
Bwana Sepp Blatter wigeze kuyobora FIFA ari mu bitaro. Byatangajwe n’umukobwa we witwa Corinne Blatter Andenmatten. Yavuze ko Se arwaye ariko ko ubuzima bwe butari mu kaga ko kuba indwara yamuhitana. ...









