Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yasohoye itangazo ivuga ko n’ubwo yatakaje umusirikare mu bayo bari kugarura amahoro muri Centrafrique, ko abasirikare bayo bataciwe intege nabyo ahubwo ko bakomeza akaz...
Hari imvugo y’uko ‘uko inkende yurira hejuru ariko nako yerekana ubwambure bwayo’. Ucishirije wumva ko abayivuze bavugaga ko uko umuntu azamuka mu ntera, akamenyekana, akagira amafaranga ari nako ahu...
Mu gihe kitageze mu byumweru bibiri u Rwanda rupfushije abapadiri babiri. Kuri uyu wa Kabiri, tariki 13, Mutarama, 2021 Padiri Hermenegilde Twagirumukiza yapfuye azize COVID-19. Apfuye mu gihe Abanyar...
Umukuru w’Igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Museveni yaraye agejeje ijambo ku baturage abasaba kuzitabira amatora azaba kuwa Kane tariki 14, Mutarama, 2021 ku bwinshi. Yababwiye ko ntawe uzabakoma imbe...
Ni ubwa mbere mu Burundi abantu 40 banduriye icyorezo COVID-19 mu masaha 48. Iki cyorezo cyavuzwe bwa mbere mu Burundi muri Werurwe, 2020, hafi igihe kimwe n’icyo cyagereye mu Rwanda. Byatumye hafatwa...
Nyuma y’uko Théophile Mukundwa yemereye Taarifa ko yataburuje umubiri wari wabonetse aho umuturage yari agiye kubaka uruzitiro, bakamuha 110 000 Frw akayikenuza, umubiri akawujyana ku murenge, byamen...
Ikigo mpuzamahanga gishinzwe abinjira n’abasohoka, International Organization on Migration, kivuga ko cyakoranye na UNHCR bakora umugambi unoze wo kuzacyura impunzi zahungiye muri Tanzania n’u Rwanda....
Mu gihe habura iminsi ibiri ngo muri Uganda habe amatora y’Umukuru w’Igihugu, Umwarimu wa Politiki mpuzamahanga muri Kaminuza y’u Rwanda, Dr Ismael Buchanan avuga ko kuba Bobi Wine ari gukoroga Museve...
Lieutenant Scovia Gwizimpundu ni Umunyarwandakazi urinda Umufasha wa Perezida wa Centrafrique witwa Tina Touadera. Gwizimpundu ari mu basirikare b’Abanyarwanda bakora mu mutwe w’Umuryango w’Abibumbye ...









