Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yagejeje kuri Perezida Tshisekedi ubutumwa yahawe na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame. Ntawamenya ikibukubiyemo a...
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yanganyije na Uganda ubusa ku busa mu mukino wayo wa mbere wo mu Itsinda C rya Shampiyona Nyafurika ihuza abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2020) riri kubera muri...
Ahagana saa mbiri z’ijoro kuri uyu wa Mbere tariki 17, Mutarama, 2021 Inama y’Abamanisitiri yatangaje ko yemeje ko abatuye Umujyi wa Kigali baguma mu ngo zabo. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Prof ...
Ikigo gicuruza amashusho Canal+ Rwanda cyatangije promotion igamije gufasha Abanyarwanda kureba umupira wa CHAN ku giciro kiri hasi cyane. Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi mukuru Sophie Tchatchoua...
Abanyamakuru baganiriye na Taarifa banenga abakora mu bigo bya Leta bashinzwe kubivugira no kubitangaho amakuru (Public Relations Officers) ko batabaha amakuru bashaka, ayo babahaye aza atinze cyangwa...
Umuturage w’i Kampala yabwiye Taarifa ko hashize iminota mike Ikigo cy’igihugu gishinzwe itumanano Uganda Communications Commission(UCC) yongeye kurekura murandasi. Yatubwiye ko abantu bishimye ariko ...
Ni amakuru atangajwe mu gihe gito gishize. Avuga ko Sugira Erenst atari bukinire Amavubi mu mukino uri buyahuze n’Imisambi ya Uganda. Umukino uri butangira saa tatu z’ijoro(9h00 PM). Impamvu iri butum...









