Ikipe y’igihugu ya Zimbabwe yitwa The Warriors yabaye iya mbere mu gusezererwa mu marushwa ya CHAN ari kubera muri Cameroun . Yatashye imaze gutsindwa ku nshuro ya kabiri, kuri iyi nshuro ikaba ...
Uwase Hirwa Honorine amaze imyaka itatu gusa amenyekanye mu ruhando rw’ibyamamare. Ikimero cye nicyo cyamukoreye umuti nk’uko ab’ubu babivuga, aba abaye Miss Gisabo kubera uko uko ateye. Yishongoye ku...
Mu Karere ka Karongi hari abaturage babwiye Taarifa ko bagenzi babo basangirira urwagwa cyangwa ikigage bakoresheje umuheha umwe. Impungenge ni uko bazanduzanya COVID-19 hamwe n’izindi ndwara ziterwa ...
Guverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko yashyiriyeho ibihano abahoze ari abayobozi bakuru mu butegestsi bwa Donald Trump waraye ahererekanyije ubushobozi na Joe Biden. Bisa n’aho ari ikintu ubutegetsi bw...
Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwa AS Muhanga rivuga ko kubera ibibazo by’ubukungu bwifashe nabi abakozi bayo bazahembwa igice kandi ngo niba ibintu bidasubiye mu buryo mbere ya tariki 02, Gashyantare...
Mu masaha ya nyuma ya Saa sita kuri uyu wa Gatatu nibwo Donald Trump wari umaze imyaka ine ayobora Leta zunze ubumwe z’Amerika yazinze ibye ava mu ngoro y’Umukuru wa USA yitwa White House. Yahise aga...
Ku wa Kabiri Tariki 19, Mutarama, 2021 Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yagejeje ubutumwa yahawe na Perezida Kagame kuri Felix Tshisekedi. Yari kumwe n’Umugaba Mukuru w’...
Iminsi yari ibaye myinshi ishyamba atari ryeru hagati y’umunyamakuru Phil Peter na DJ Lenzo, babaye inshuti bafatanyije mu muziki igihe kirekire. Ibibazo bari bafitanye byaje kubarenga baratandukana....
Juvenal Mvukiyehe uyobora Kiyovu Sports yabwiye Taarifa ko abakozi be bashinzwe itumanaho bihuse batangaza ko ikipe ye yakiriye Kevin Ishimwe kandi batabyemeranyijeho. Avuga ko bari bakiri mu biganiro...









