Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru ku wa Gatandatu yafatiye umutoza wa Musanze FC mu birori ari kumwe n’abandi bantu 12 banyoye inzoga kandi batubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Kugeza ub...
Amavubi y’u Rwanda yaraye ahagurutse i Douala yerekeza ahitwa mu Mujyi wa Limbé. Yakoze urugendo aherekejwe n’imodoka z’intambara mu rwego rwo kuyarinda kuko mu gace yagiyemo kavugwa abarwanyi. I Doua...
Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa Commissioner of Police George Rumanzi asaba abatuye Kigali gukorera Siporo aho byemewe ku masaha yemewe, bakirinda kurenga imbibi z’imidugudu yabo. ...
Mu rwego rwo kumenya aho abarwanyi bageze kugira ngo bakumirwe hagamijwe kurinda abasivili, ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa bya MINUSCA byo kurinda abaturage zirakoresha drones kugira ngo zimenye ah...
Minisiteri ya Siporo n’Umuco yatangaje ko siporo yemewe mu Mujyi wa Kigali ari ikorerwa mu ngo ariko abashatse kuyikora ku giti cyabo bakayikorera mu midugudu yabo kandi guhera saa kumi n’imwe za mu ...
Mu mavanjiri ya Mariko, Luka na Yohana niho hakunze kugaragara izina Elayono. Amavanjiri ubundi ni ane: Iya Matayo, Mariko, Luka na Yohani. Elayono ivugwa wari umusozi uherereye mu nkengero za Yeruzal...
Didier Gomez Da Rosa wigeze kuba umutoza wa Rayon Sports yasinye nk’umutoza mushya wa Simba FC yo muri Tanzania. Iyi kipe yari iherutse kwirukana Umubirigi Sven Vandrenbroeck werekeje muri Far Raba...
Jean Claude Habimana wari umaze imyaka ine abana na Nyina mu Kagari ka Byahi, Umurenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu nyuma y’igihe yari amaze atandukanye n’umugore we yiyahuye akoresheje umugozi. Ku...
Kuri iki Cyumweru tariki 24,Mutarama, 2021 abayoboke b’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi( bitwa Abagumyabanga) bateranye mu nama yaguye batora Bwana Réverien Ndikuriyo ngo asimbure Evariste Ndayish...









