Hari ku itariki 15, Mutarama, 2021, ubwo Ibiro by’Umukuru w’u Burundi byasohoraga itangazo rivuga ko ababikoramo bose bagomba kuza mu kazi bambaye agapfukamunwa. Icyo gihe hari kuwa Gatanu. Nyuma y’im...
Iki ni icyemezo cyafatiwe mu nama y’Abakuru b’Ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga bigari iherutse kubera i Luanda muri Angola, u Rwanda rukaba rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vin...
Amatora aherutse guhuza abasirikare bakuru ba Uganda yo gutora abagize Inama Nkuru ya Gisirikare yatoye abasirikare bakuru bagomba guhagarira ingabo Mu Nteko. Muri bo harimo Gen Muhoozi, Gen Elwelu n&...
Umuhanzi Tom Close yateje impaka hagati y’abantu banyuranye kuri Twitter bamwe bamubwira ko batabyumva kimwe nawe. Yagize ati “Ishyari niwo muzi ushibukaho ibibi byinshi biba mu mutima w’...
Abayobozi ba Commonwealth hamwe na Guverinoma y’u Rwanda bemeje ko tariki 22, kugeza 24, Gicurasi, 2021 mu Rwanda hazabera inama y’abashoramari bo mu muryango wa Commonwealth. Insanganyamatsiko igira ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta ari i Luanda muri Angola mu ruzinduko yatumwemo na Perezida Kagame. Perezida Kagame yamutumye kumuhagararira muri iriya nama yateguwe na I...
Sam Gisèle Umugwaneza avuga ko muri 2018 yagiye gusura umupolisi w’umugore aho yabaga kuri Station ya Gasaka muri Nyamagabe aza gukubitwa n’abapolisi babiri bafite ipeti rya Corporal bamuziza ko yinji...
Kuri uyu wa Kane ubwo hamurikwaga ubushakashatsi kuri ruswa nto (Rwanda Bribe Index), Umuyobozi wa Porogaramu muri Transparency International Rwanda witwa Albert Rwego Kavatiri yatangaje ko muri uyu m...
Turahirwa Moses umaze kubaka izina mu bikorwa by’imideli kubera kwambika abantu bakomeye barimo ibyamamare n’abanyapolitiki ntari mu Rwanda. Ari mu Butaliyai gukomeza amasomo y’ibijyanye no guhanga im...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yategetse Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’itangazamakuru ko rugomba guhura n’abayobozi b’ibigo byaryo bakanoza imikoranire, ibyafungiwe ibi...









