Nta gihe kinini gishize Perezida Tshisekedi ahawe inshingano zo kuyobora Umuryango w’Afurika yunze ubumwe. Ategerejwe n’akazi kenshi kandi gakomeye haba mu gihugu cye ndetse no muri Afurika muri rusan...
Bisa n’aho ibyo abantu bari biteze mu mibanire y’u Bushinwa na USA bizagenda ukundi nyuma y’uko Perezida mushya wa USA Joe Biden atangiye gushyira igitutu ku Bushinwa ngo bwubahirize uburenganzi...
Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo Bwana Vincent Karega yabwiye Taarifa ko yahuye n’Umujyanama wa Perezida Tshisekedi ushinzwe ibyerekeye ishoramari bavuga uko ibihugu byombi...
Ingabo za Ethiopia zishe umusirikare wa Sudan ubwo zari mu kazi ko kugenzura umupaka ibihugu byombi bihuriyeho. Zamurahse ku wa Mbere tariki 08, Gashyantare, 2021. Sudan nayo ivuga ko yise ‘abantu ben...
Nyuma y’uko Perezida Kagame aganiriye n’abakinnyi b’Ikipe y’u Rwanda Amavubi mu mpera z’Icyumweru gishize, kuri uyu wa Gatatu Minisiteri ya Siporo hamwe n’ubuyobozi bw’Amavubi bari guha ikiganiro aban...
Ibihugu bigize Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi ntibivuga rumwe ku ngingo yo gukomorera Centrafrique ikabona intwaro. Ibi ariko byarakaje Leta ya Centrafrique, yo ikavuga ko bi...
Umuyobozi w’Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye z’u Rwanda, Tito Rutaremara, avuga ko kugira ngo abantu bagira agaciro karambye bisaba ko baba ntawe bategera amaboko. Iri jambo yarivuze ubwo yibukaga ...
Uwo ni Richard Austin Quest. Yari aherutse gutangaza ko agiye gusura u Rwanda. Hari amafoto ari kuri Twitter yifotoreje hamwe mu hantu nyaburanga ho mu Birunga by’u Rwanda ‘yambaye agapfumunwa&...
Ni icyemezo cyafashwe na Leta y’u Bwongereza mu rwego rwo guca intege abica amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Kuri iki gihano haziyongeraho n’amande ya £10,000. Ibi byemezo byatangajwe n’umunyamabanga ...
Nyuma y’iperereza impuguke z’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi ryari rimaze iminsi rikorera muri Wuhan, ryatangaje ko nta bimenyetso ryabonye ryakwemeza ko COVID-19 yakomotse mu...









