Kuri uyu wa Gatanu, nibwo Urukiko ruri butangaze umwanzuro warwo ku mbogamizi Paul Rusesabagina aherutse kuruha avuga ko atari Umunyarwanda, bityo ko adakwiye kuburanishwa n’Inkiko z’u Rwanda. U...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yaraye ayoboye Inama y’Abaminisitiri y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bagira ibyo banoza mu gutegura Inama y’Abakuru b’Ibihugu by’’u...
Abasore n’inkumi bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo baraye bandikiye ibaruwa ifunguye Perezida Felix Tshisekedi imusaba gukora uko ashoboye akarangiza intambara imaze imyaka ica ibintu mu Buras...
Inzego zishinzwe kugenzura imiti muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zemeje ko nyuma y’isuzuma zakoze, zasanze urukingo rwa Covid-19 rwa Johnson & Johnson rushobora gutanga umusaruro ufatika, kandi...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye tariki 21, Gashyantare, 2021 hari abaturage batubwiye ko hari rwiyemezamirimo bakoreye ubwo yashingaga amapoto mu mirenge ya Karongi wabambuye. Uyu rweyemezamirimo yadu...
Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yatangaje ko mu byumweru bitarenze bitatu shampiyona y’umupira w’amaguru izasubukurwa, nyuma y’igihe ihagaritswe mu gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya...
Minisitiri w’Umutekano akaba na Minisitiri w’Intebe Wungirije wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yirukanye ku kazi uwari umuyobozi wungirije w’ibiro bye, Bulakali Mululunganya Aristide, amuziza ama...
Ambasade y’u Bufaransa ikomeje imyiteguro yo gufungura ikigo gishya ndangamuco, kizasimbura icyari kizwi nka Centre Culturel Franco-Rwandais, cyasenywe mu 2014. Kuri uyu wa Gatatu nibwo Umuyobozi w’ib...
Umugabo witwa William Burns niwe Perezida Joe Biden ashaka gushinga CIA. Burns yavuze ko uko byagenda kose USA itagomba kujenjekera u Bushinwa kuko ari ikibazo ku buhangange bwayo kandi mu nzego nyins...
Abanyamategeko b’imiryango itandukanye bandikiye abacamanza bo mu Bufaransa, basaba gutangiza iperereza rishya ku ruhare rw’abari abayobozi b’icyo gihugu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Abung...









