Mu Nteko Ishinga Amategeko, Minisitiri w’Uburezi Dr. Joseph Nsengimana yahavugiye ko ubuke bw’ibyumba by’amashuri bukibanamiye ireme ry’uburezi. Ni ikibazo gituma abanyeshuri biga basimburana mu byumb...
Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwatangaje ko abasirikare 200 b’iki gihugu bahamwe n’ibyaha birimo guhunga umwanzi bityo ko bakatiwe urwo gupfa. Uwo mwanzi uvugwa ...
Uwayezu Arielle wamamaye ku izina rya Ariel Wayz avuga ko ikitishe umuntu kimukomeza, akemeza ko mu myaka ine amaze akora umuziki yakoze amakosa menshi, ananizwa na benshi ariko ntiyacika intege. Ubu ...
Anthony Ngororano yagizwe Umuyobozi w’Amashami y’Umuryango w’Abibumbye (UN) muri Madagascar. Ngororano, mu bihe bitandukanye n’ahantu hatandukanye, yakoze byinshi mu nzego zo hejuru haba mu Rwanda no ...
Umwe mu bayobozi bakuru muri Perezidansi ya Amerika yavuze ko iki gihugu kigiye guhagarika inkunga ya gisirikare cyahaga Ukraine. Yabwiye CBS ko Amerika ishaka kuba ihagaritse iriya nkunga kugira ngo ...
Ku kibuga cy’indege cya Kigali, The Ben yavuze ko yarebye asanga imitegurire y’igitaramo cya Trace Awards giherutse kubera muri Tanzania itari inoze nk’uko iyabereye i Kigali mu mwaka wa 2023 yagenze....
Kubera impamvu u Rwanda ruvuga ko zishingiye k’ukutubahiriza amasezerano rwagiranye n’Ubwongereza, rwatangiye kubwishyuza Miliyari Frw 89 zingana n’amafaranga y’amapawundi Miliyoni 50. Kigali ifashe i...
Gukerereza itangira ry’icyiciro cya kabiri cyo gushyira mu bikorwa amasezerano yo guhererekanya imfungwa n’abafashwe bunyago hagati ya Israel na Hamas rishobora gutuma impande zombi zisubi...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana uyobora Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu avuga ko muri Werur...
Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda bwemeje ko Umufaransa wari ufite umwenda w’umuhondo witwa Fabien Doubey ari we watwaye Tour du Rwanda,. Hari nyuma yo gutangaza ko agace ka karindwi kabaye impfabusa kuko ...









