Ambasaderi w’u Rwanda i Singapore Bwana Jean de Dieu Uwihanganye avuga ko ikawa, n’ibindi bikomoka ku buhinzi biva mu Rwanda biri mu bikunzwe n’abaguzi bo muri kiriya gihugu. Yanditse ko abanya Singap...
Muri rusange ibyuma bikonjesha bifite akamaro mu gutuma ibiribwa n’ibinyobwa bigira ubuhehere bukenewe kugira ngo ntibyangirike. Ku rundi ruhande ariko firigo nyinshi zisohora ibinyabutabire bituma ik...
Uwari usanzwe ari Visi Perezida wa Kabiri wa Zimbabwe Kembo Mohadi yeguye nyuma yo gushinjwa itonesha rishingiye ku gutsina. Yabikoze mu rwego rwo kwirinda gutesha agaciro Guverinoma ya Zimbabwe. Moha...
Urukiko rw’Ikirenga n’Urukiko rw’Ubujurire zamaze kwimura icyicaro gikuru, ziva ku Kimihurura ahateganye n’ingoro y’Inteko Ishinga amategeko zimukira mu nyubako nshya iri ku muhanda ugana ku Kacyiru. ...
Perezida Paul Kagame yavuze umugabane wa Afurika ukwiye kuvuga mu ijwi rimwe ku bijyanye n’ikwirakwizwa riboneye ry’inkingo, mu gihe hakomeje kugaragara ibihugu bikize byiharira inkingo za COVID-19 zi...
Polisi ya Espagne yataye muri yombi Josep Maria Bartomeu wahoze ayobora FC Barcelone, nyuma y’igikorwa cyo gusaka mu biro by’iyo kipe hashakishwa ibimenyetso ku byaha birimo ruswa bikekwa ku bahoze ba...
Paul Rusesabagina ari gukurikiranwa ku byaha by’iterabwoba aregwa, nyuma yo gufatwa mu buryo butabonwa kimwe hagati y’u Rwanda n’ibihugu nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’imwe mu miryango ivuga ko ih...
Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa hamwe n’abantu babiri be ba hafi bakatiwe igifungo cy’imyaka itatu – harimo imyaka ibiri isubitse – nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa. U...
Mu birori bya The Choice Awards 2020 Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi wahize abandi mu Rwanda, Meddy ahabwa icy’umuririmbyi w’umwaka mu Banyarwanda bakorera umuziki hanze yR...
Madamu Ngozi Okonjo-Iweala kuri uyu wa Mbere tariki 01, Werurwe, 2021 yakiriwe na bagenzi be bagiye gukorana mu Muryango ushinzwe ubucuruzi ku Isi, World Trade Organization. Ikicaro cy’uyu muryango ki...









