Intumwa y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye i Geneva mu Busuwisi Urujeni Bakuramutsa Feza yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko igihugu cye gikorera Jenoside ku butaka bwayo ari ib...
Mu myaka yabanjirije COVID -19, mu bice byinshi by’u Rwanda havugwaga ibyuma byakinirwagaho imikino y’amahirwe byavugwaho kurya abantu amafaranga bigateza impagarara mu miryango. Ese ubu b...
Umwe mu borora ingurube nyinshi mu Rwanda akaba na Perezida w’Ihuriro ryabo witwa Jean Claude Shirimpumu asaba ko drones za Zipline zitwa P2 ziherutse gutangazwa ko zizageza ibicuruzwa ku batuye...
Ambasaderi wa Brazil mu Rwanda Irene Vida Gala avuga ko kimwe mu byo igihugu cye kizakorana n’u Rwanda harimo no kurwamamaza iwabo binyuze muri Visit Rwanda. Visit Rwanda ni gahunda Kigali ifitanye n’...
Polisi ya Israel ivuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mberet ariki 08, Nzeri, 2025 i Yeruzalemu hagabwe igitero cy’iterabwoba kishe abantu batandatu, batatu muri bo bakaba abagisha mu idini rya Kiyahud...
Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B.Murangira yavuze ko uru rwego ruherutse gufata abantu 26 rukurikiranyeho gutekera abandi umutwe bakabiba ibintu byose hamwe bifite ag...
Mu Mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Gatare mu Murenge wa Macuba muri Nyamasheke haravugwa urupfu rw’umuturage wazize kugwa mu mugezi bitewe n’uko ikiraro yambukaga cyamuvunikiyeho. Uwapfuy...
Ikigo Zipline gifite icyicaro gikuru muri Amerika cyatangaje ko ishami ryacyo ryo mu Rwanda rigiye gutangiza gahunda yo kugeza ibicuruzwa mu ngo z’abaturage cyanecyane abo mu mijyi. Ibyo bicuruzwa ni ...
François Bayrou wari uri hafi kumara umwaka ayobora Guverinoma y’Ubufaransa ashobora kuza kweguzwa n’Inteko ishinga amategeko y’igihugu cye iri buterane kuri uyu wa Mbere Tariki 08, Nzeri, 2025....
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rwa Rayon Sports Abdallah Murenzi yatangaje ko izakoresha ingengo y’imari ya Miliyari Frw 2, ubu ikaba ifite Miliyoni Frw 400. Andi azava he? Ni ingengo izakor...









