Mu gitondo cya kare nibwo Papa Francis yuriye indege asubira i Roma nyuma y’uruzinduko rw’iminsi itatu yari amaze muri Iraq. Mbere y’uko ajyayo hari impungenge z’uko hari imitwe y’abagizi ba nab...
Ku wa 24 Kamena 2019 nibwo Inkura eshanu z’umukara zaturutse ku mugabane w’u Burayi zageze mu Rwanda, nyuma y’igihe ziba mu cyanya cyororerwamo inyamaswa cya Safari Park Dvůr Králové muri Repubu...
Perezida wa USA Joe Biden yahaye umugore witwa Laura J. Richardson ipeti rya Jenerali w’inyenyeri enye. Byahuriranye n’uko kuri uyu wa 08, Werurwe, buri mwaka isi izirikana akamaro abagore bafit...
Umugabo witwa Raphael Lemkin( 24, Kamena, 1900 – 28 Kanama 1959) niwe warebye ubwicanyi bwakorewe Abayahudi[nawe yari we] asanga nta rindi zina yabuha uretse Jenoside. Niwe kandi washyizeh...
Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof Jeannette Bayisenge yavuze ko Minisiteri ayoboye yateguye imfashanyigisho izafasha Abanyarwanda kwitegura kurushinga, bazajya...
Umusore wigaga muri Kaminuza yabaye umuntu wa gatanu waguye mu myigaragambyo imaze iminsi yamagana ifatwa rya Ousmane Sonko utavuga rumwe na Leta ya Senegal. Yaguye mu myigaragambyo yabaye kuri uyu wa...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu Bikoresha Igifaransa (OIF) Louise Mushikiwabo na Perezida y’Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Charles Michel...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis kuri iki Cyumweru yasomeye Misa mu majyaruguru ya Iraq, mu gice cyahozemo urusengero rukomeye ariko rwaje gusenywa n’ibisasu by’abarwanyi ba Is...
Ibihugu bikomeje kongera imbaraga mu gukingira abaturage icyorezo cya COVID-19, kuko cyandura kandi kikica benshi. Gusa hakomeza no kwibazwa impamvu nyuma yo gukingirwa ari ngombwa kugumana agapfukamu...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu Bikoresha Igifaransa (OIF) Louise Mushikiwabo na Perezida y’Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Charles Michel, bari mu Rwanda aho basuye ibikorwa bitand...









