Icyegeranyo cyasohowe kuri uyu wa Kane cyakozwe na InterParliementary Union na UN-Women cyerekana uko abagore bahagaze mu nzego z’ubuyobozi muri Afurika cyerekanye ko u Rwanda ruri ku mwanya wa mbere ...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, Amajyambere n’Umutekano rusange mu Burundi yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 10, Werurwe, 2021 Leta y’u Burundi yakiriye Abarundi 1124 bari b...
Ubwo u Rwanda rwatangira urugendo rwo kubaka ubukungu bwarwo bushingiye ku baturage, uburezi n’ikoranabuhanga rwahisemo gukurikiza urugero rwa Singopore, igihugu gito kiri muri Aziya y’Amajyepfo ashyi...
Minisitiri w’Intebe wa Côte d’Ivoire Hamed Bakayoko yitabye Imana kuri uyu wa Gatatu azize indwara ya kanseri yari amaze iminsi yivuriza mu Budage. Bakayoko wari ufite imyaka 56 yabaye Minisitiri w’In...
Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’ubutabazi yatangaje ko ibikorwa byo gukingira icyorezo cya COVID-19 byakomereje mu nkambi z’impunzi, haherewe ku zakiriwe ziturutse muri Libya. Ni gahunda ikomeje yo gu...
Itsinda ry’abapolisi 80 b’u Rwanda berekeje mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudan y’Epfo, nk’icyiciro cya mbere cy’abapolisi 240 bagomba kujya muri ubwo b...
Mu minsi ishize nibwo byatangajwe ko Umufaransa Emmanuel Altit wunganiraga Kabuga Félicien ushinjwa kuba umuterankunga wa Jenoside yakorewe Abatutsi, yivanye mu rubanza n’ubwo rutaratangira mu mizi. M...
Ubwo aheruka kwitaba Urukiko Rukuru ku wa Gatanu tariki 05, Werurwe, 2021 , Rusesabagina yahereye ku nzitizi y’uburyo yafashwemo, avuga ko yashimuswe. Umugabo bazananye ashinje ko yagize uruhare mukum...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye yemereye abashakashatsi mu mateka y’umubano hagati y’igihugu cye na Algeria kugera ku nyandiko zivuga ibyo abasirikare b’u Bufaransa bakoreye Abanya...
Itariki ya 10 Werurwe ni umwe mu minsi igarukwaho mu bihe bitandukanye byagiye biranga itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu gitabo cyiswe ‘Itegurwa n’ishyirwa mu b...









