Perezida Paul Kagame na Jeannette Kagame bakingiwe icyorezo cya COVID-19 nyuma y’iminsi itandatu igikorwa cyo gukingira iyi ndwara gitangijwe mu gihugu hose, haherewe ku bafite ibyago byinshi by...
Umwe mu bakozi bakuru muri Ambasade ya Ethiopia muri USA iwtwa Berhane Kidanemariam yeguye ku mwanya we kubera icyo yise ibyaha bya Jenoside Guverinoma ye avuga ko ikorera abatuye Tigray. Yagize ati: ...
Mu Murenge wa Karago mu Karere ka Nyabihu habonetse imibiri bivugwa ko ari ay’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi mibiri yabonetse mu musarani uri mu rugo rw’umutu...
Hasinywe amasezerano hagati ya Ambasade y’u Rwanda iyobowe na James Kimonyo na Leta y’u Bushinwa yemerera u Rwanda kujya rugurisha mu Bushinwa urusenda ruseye. Ambasaderi James Kimonyo yishimye ko ari...
Impungenge zikomeje kuba nyinshi ku bahanga mu bijyanye n’ibirunga, barimo kubona ibimenyetso bica amarenga ko ikirunga cya Nyiragongo cyaba kiri mu myiteguro yo kuruka. Ubwo cyaherukaga mu mwaka wa 2...
Hashize igihe kijya kungana n’ibyumweru bibiri nta mirimo yo kwakira abandi bagororwa bashya cyangwa ngo hagire abataha bavuye muri Gereza nkuru y’u Burundi y’i Mpimba. Bamwe mu bagororwa bari muri ir...
Madamu Patricia Scotland usanzwe ari umunyamabanga mukuru wa CommonWealth ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta. Aje kuganira n’u R...
Me Rudakemwa Felix wunganira Paul Rusesabagina uregwa ibyaha by’iterabwoba, yasabiwe ibihano ashinjwa gutinza urubanza, ubwo kuri uyu wa Kane atitabiriye iburanisha yitwaje ko bajuririye inzitizi yo g...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 10, Werurwe, 2021 hari abasirikare b’u Rwanda basimbujwe bagenzi babo bari basanzwe baragiye kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo ahitwa Malakal. Habayeho igikorwa cyaba...
Mu Muryango mpuzamahanga w’ubucuruzi, World Trade Organization ( WTO) hari impaka zikomeye zo kumenya niba ibindi bihugu[bitari ibisanganywe inganda zikora inkingo za COVID-19] nabyo byemerewe kuzikor...









