Goodwill Zwelithini wari umwami w’Abazulu, ubu bukaba ari ubwoko bw’Abirabura bo muri Africa y’Epfo yatanze azire indwara y’igisukari izwi mu ndimi z’amahanga nka Diabetes. Yatanze afite imyaka 71 y’a...
Abanyarwanda bafite ibyago byo kwandura COVID-19 kurusha abandi bitewe n’ubwoko bw’akazi bakora birakomeje. Ubu hatahiwe abacururiza mu masoko atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali. Amafoto Taarifa yabony...
Paul Rusesabagina uburana ku byaha by’iterabwoba, yasabye ko urubanza rwe rusubikwa amezi atandatu kugira ngo abashe kwiga dosiye neza kubera ubunini bwayo, kuko ifite paji zirenga ibihumbi 10. Mu ibu...
Ikicaro cya CIA muri Niger kiri mu bilometero 800 uvuye ku murwa mukuru, Niamey. Iki kicaro kiri ahantu hagoye guturwa kuko hari amazi make cyane, kandi hashyuha cyane.Hari bamwe bavuga ko ari hamwe m...
Nyuma y’uko Urukiko Rukuru rutesheje agaciro inzitizi Rusesabagina n’umwunganizi we bari barugejejeho bavuga ko yashimuswe, kuri uyu wa Gatanu Saa mbiri n’igice za mu Gitondo, urubanza rwe rurakomeza ...
Ibi biherutse kwemezwa n’Umuyobozi wungirije mu Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi n’abaturage, Assistant Commissioner of Police (ACP) Rose Muhisoni ub...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyagaragaje ko muri ibi bihe ubukungu butifashe neza kubera icyorezo cya COVID-19. Bigaragazwa n’uko ibicuruzwa u Rwanda rwatumije mu mahanga muri...
Perezida Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth), Patricia Scotland, uri mu ruzinduko mu Rwanda mbere y’uko rwakira inama y’abakuru b’ibihu...
Denmark yiyongereye ku bihugu bya Austria, Estonia, Latvia, Lithuania na Luxembourg mu kuba bisubitse itangwa ry’urukingo rwa AstraZeneca mu gukingira icyorezo cya COVID-19. Iceland na yo yahise ...
Mu Rwanda habarurwa ko nibura 81.6% bakoresha telefoni igendanwa uhuje umubare w’abaturarwanda na sim cards ziri mu gihugu, ariko si ko bose bishimira ibyiza bitangwa n’imiyoboro y’itumanaho nko kubaf...









