Umuyobozi w’Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) Clare Akamanzi yatangaje ko Leta yihaye intego yo gushora nibura miliyari $3 mu bikorwa by’iterambere ry’ubuhinzi kugeza mu 2024, bityo ko ari a...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi ku bufatanye n’izindi nzego n’abaturage, yafashe abantu bane bagiye kwambura umuturage bamushuka ko bagiye kumuha amadorali ya Amerika we akabaha&nb...
Raporo y’uburyo abanyarwanda bagerwaho na serivisi z’imari yerekanye ko ikinyuranyo hagati y’abagabo n’abagore muri izo serivisi cyavuye kuri 4% mu mwaka wa 2016, kikagera kuri 1% mu 2020. Iyo raporo ...
Ikigo cy’Abanyamerika gikora kandi kigatanga serivisi z’ikoranabuhanga Microsoft giherutse kwiyemeza gufasha abakobwa bo muri Africa kongera ubumenyi bwabo mu ikoranabuhanga Abakobwa bazafashwa mu kon...
Abantu bivugwa ko baturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo baraye baherutse kugaba igitero ku barobyi bo muri Uganda mu Ntara ya Hoima hafi y’Ikiyaga cya Albert. Bafashe bunyago abarobyi 16. A...
Nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa agakatirwa imyaka itatu y’igifungo irimo ibiri isubitse, Bwana Nicolas Sarkozy aritaba Urukiko ku kirego cy’uko yahuguje amafaranga uwahoze ayobora Libya amadolari ...
Umukinnyi uri mu bakomeye babayeho mu mateka ya Basketball Bwana LeBron James yaguze imigabane mu kigo gifite ikipe yo mu Bwongereza yitwa Liverpool FC kitwa Fenway Sports Group (FSG). Ikigo FSG nicyo...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yemeje ko inama y’abaminisitiri yabaye isubitse izamurwa ry’umusoro w’ubutaka ryari rikomeje kutavugwaho rumwe, muri uyu mwaka hakazishyurwa imi...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko igipimo kiri hejuru cy’ubwandu bwa COVID-19 ari cyo cyatumye uturere twa Nyanza, Bugesera na Gisagara tudakomorerwa, ubwo hafungurwaga ingendo zihuza I...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko nta kibazo u Rwanda rurabona ku rukingo rwa AstraZeneca ku buryo rwahagarika itangwa ryarwo, bitandukanye n’ibyemezo bikomeje gufatwa n’ibihugu byinshi...









