Guverinoma ya Angola yatangaje ko tariki 18, Werurwe, 2025 ari bwo, ku mugaragaro, hazatangira ibiganiro hagati y’intumwa za Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iza M23. Bizabera mu Murw...
Benjamin Mutimura uyobora I&M Bank Rwanda avuga ko we n’abakozi ayoboye ari abo gushimirwa umuhati bagize mu mwaka wa 2024 kuko batumye igira urwunguko rugaragara. Yavuze ko iyo ntambwe yatewe bin...
Mu Ntara ya Kirundo mu Burundi haherutse guhurira abayobozi mu nzego z’umutekano n’ububanyi n’amahanga mu Rwanda no mu Burundi baganira uko umubano hagati ya Kigali na Gitega wakongera kunoga. Amakuru...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu igice kimwe cy’Ikigo nderabuzima cya Musambira cyafashwe n’inkongi ku buryo igice kiinini cyakongotse. Ku bw’amahirwe, Polisi yatabaye izimya hatarangirika byinshi. I...
Ikipe y’igihugu ya Handball y’abatarengeje imyaka 20 yageze muri Republika ya Kosovo mu mujyi wa Pristina mu kwitabira irushanwa ry’uyu mukino ku rwego rwa Afurika ryitwa IHFTrophy/Intercontinental P...
Polisi y’u Rwanda yafatiye mu Karere ka Rulindo umugabo wari utwaye inzoga zifite agaciro kari hagati ya Miliyoni Frw 4 na Miliyoni Frw 5 yacuruzaga mu buryo bwa magendu. Yafatanywe amacupa 100 y’inzo...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, batangije ubukangurambaga bwo kwibutsa abantu ububi bw’ingengabitekerezo ya Jenoside, uko igaragara n’amategeko ayihana. Byakozwe mu rwego rwo kubate...
Mu buryo bwitondewe, mu minsi ishize habaye ibiganiro hagati ya Perezida wa Angola akanayobora Afurika yunze ubumwe na mugenzi we Tshisekedi barebera hamwe amahirwe ahari ngo uyu azaganire n’inyeshyam...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane mu Rwanda , Amb. Olivier Nduhungirehe yabwiye abayobozi b’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi ko u Rwanda rutigeze ruba nyirabayazana w̵...
Ibiro bya Perezida w’u Rwanda byatangaje ko kuri uyu wa Mbere yaraye yakiriye Qimiao Fan, Umuyobozi wa Banki y’Isi mu bihugu birimo u Rwanda, Kenya, Somalia na Uganda. Kuri X handitse ko baganir...








