Abenshi iyo bumvise ngo Polisi iraje bakuka umutima, bakumva ko izanywe no kubafunga. Mu by’ukuri Polisi ntiyashyiriweho kurenza amaso ibintu bibi biri gutegurwa cyangwa byakozwe ngo ireke gukurikiran...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC yerekana ko hari abantu bane baraye bishwe na COVI-19, batatu ni abagore umwe akaba umugabo. RBC yerekana ko ahandi mu Rwanda imibare iri kug...
Perezida Kagame yagaragaje ko ashyigikiye ko igihe cyo gusubika kwishyura amadeni ku bihugu biri mu nzira y’amajyambere cyongererwa kugira ngo birusheho guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19. N...
Uruganda Janssen Pharmaceutica NV rwemeje ko rugiye guha Umryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) inkingo miliyoni 400 za Johnson & Johnson, zizifashishwa mu gukingira icyorezo cya COVID-19. Ni inkin...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko imodoka rusange zitwara abagenzi zizajya zitwara gusa 50% y’ubushobozi bwazo5, mu ngamba nshya zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19. Ni ic...
Ibyemezo byafashwe na Guverinoma y’u Rwanda nyuma yo kuganira n’abagize Sosiyete Sivile harimo n’abanyamadini bivuga ko uturere twa Nyanza, Bugesera na Gisagara twari twarakomanyirij...
Abashakashatsi bo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima bafatanyije n’abo muri za Kaminuza z’u Bushinwa batangaje ko basanze virus yateye icyorezo COVID-19 yaraturutse mu gacurama, ariko i...
Dr Biruta Vincent, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 29, Werurwe, 2021 yahuye na Madamu Amira Elfadil, akaba ari Komiseri mu Muryango w’Afurika Yunze Ubumwe ushinzwe...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera yagaruje 2.000.000 Frw z’uwitwa Karegeya Sandrine, bikekwa ko yari yibwe n’umusore w’imyaka 32. Ayo mafaranga yabuze ku wa 2...
Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Ibyoherezwa Mu Mahanga Bikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi, NAEB, cyatangaje ko ingano n’inyungu by’imbuto, imboga, indabo n’ikawa byoherejwe mu mahanga mu cyumweru gishize by...









