Umutwe udasanzwe w’ingabo muri Niger waburijemo umugambi wo guhirika ubutegetsi, mbere y’iminsi ibiri ngo Perezida mushya Mohamed Bazoum arahirire kuyobora icyo gihugu. Umuvugizi wa Guverinoma ya Nige...
Urugereko rw’Ubujurire mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rukorera mu Buholandi rwashimangiye ko Laurent Gbagbo wahoze ari Perezida wa Côte d’Ivoire ari umwere, rumuhanaguraho ibyaha yashinjwaga...
Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Bralirwa Plc, rwatangaje ko mu mwaka wa 2020 rwungutse miliyari 9 Frw, zivuye kuri miliyari 1.2 Frw zabonetse nk’inyungu nyuma yo kwishyura imisoro ...
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, zemeje ko ziteguye gukorana n’ibihugu by’akarere mu kurangiza burundu ibibazo by’umutekano biterwa ahanini n’imitwe yitwaje intwaro, yaba ikomoka im...
Mu gace ka Limpopo ka Afurika y’Epfo hari pasiteri witwa Christ Penelope uvugwaho gusaba abayoboke be guca bugufi akabasurira ku mazuru ngo nibwo bazakizwa ibyaha. Pasiteri Christ Penelope avuga...
Urwego rw’igihugu rushinzwe iterambere RDB rwagiranye ibiganiro n’Ikipe yo kiciro cya Mbere cy’umupira w’amaguru mu Bwongereza Arsenal kugira ngo impande zombi zirebere hamwe uko hasubukurwa gahunda V...
Ubwo yagiraga icyo avuga ko gikorwa cyo gushaka no gufata ibiribwa n’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yavuze ko biriya bicuruzwa bisanze hirya no hino. Ib...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rufatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibiribwa n’imiti ndetse na Polisi y’u Rwanda beretse abanyamakuru ibiribwa n’ibinyobwa n’ibindi bicuruzwa bitujuje ubuzirane...
Nyuma ya Madona, umuryango wa Brad Pitt na Angelina Jolie niwo w’ibyamamare wareze abana benshi kandi biganjemo abo batabyaye. Mu ntambara y’ubutane yahereye muri 2016, ikibazo cy’abana benshi no kume...
Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko imaze gufata abantu barindwi bakurikiranyweho kwiba batiri 32 ku minara y’itumanaho ya IHS RWANDA Ltd. Polisi yatangaje ko gushakisha abibaga izo batiri bya...









