Banki Ihurirwamo n’inzego z’umutekano, Zigama Credit and Saving Society (CSS) yatangaje ko inyungu yayo mu mwaka wa 2020 yazamutse ikagera kuri miliyari 13.7 Frw, zivuye kuri miliyari 11 F...
Kuri uyu wa Kane tariki 01, Mata, 2021, nibwo imyaka ibiri yuzzuye Israel ifite Ambasade mu Rwanda. Ni igihugu cya 11 Israel ifitemo Ambasade muri Afurika. Ese uyu mubano wagejeje iki ku Rwanda? Ni i...
Kuri uyu wa Kane tariki 01, Mata, 2021 Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ivuga ko ngaruka COVID-19 yagize kuri Afurika n’uburyo bwo guhangana nazo. Iriya nama yitabiriwe n’abandi banyacyubahiro ba...
Perezida wa Repubilika ya Demukarasi ya Kongo Felix Tshisekedi arateganya guhuza Perezida wa Misiri, ubuyobozi bwa Sudani na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia kugira ngo baganire uko bakemur...
Nyuma y’uruzinduko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye aherutse kugirira mu Misiri akaganira na mugenzi Abdel Fattah Al-Sisi, Misiri yoherereje u Burundi ibiribwa mu rwego rwo kubufasha guhanga...
Raporo ya Global Gender Gap Index 2021 yashyize u Rwanda ku mwanya wa karindwi ku isi n’uwa kabiri muri Afurika, mu kubahiriza uburinganire bw’abagabo n’abagore mu nzego zitandukanye...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye afashe ibyemezo byo gukumira ko abaturage be bakomeza kwandura COVID-19 bakomeza kwandura COVID-19 . Muri byo harimo ko abatuye mu Ntara 19 zibasiwe nayo ...
BK Group Plc yatangaje ko inyungu yayo mu 2020 yazamutse 3% igera kuri miliyari 38.4 Frw, zivuye kuri miliyari 37.8 Frw icyo kigo cyungutse mu mwaka wa 2019. Umuyobozi Mukuru wa BK Group Plc Dr ...
Perezida wa Brazil Jair Bolsonaro yugarijwe n’ikibazo cya Politiki gishobora gutuma na we yegura. Abagaba b’ingabo ze haba uw’izo mu kirere, ku butaka no mu mazi beguriye rimwe. Bivu...
Ubushakashatsi n’isesengura rikorwa ku murimo mu Rwanda bigaragaza ko ihohoterwa rikomeza kubaho mu bakozi by’umwihariko abakobwa n’abagore, rigafata indi ntera iyo bigeze ku bakozi bo mu ngo. Umuyobo...









