Kugira ngo umubiri w’umuntu uba wubatse ukenera ibiwubaka bita proteins. Kugira umubiri wubatse, ubyibushye…biterwa n’ibyo wariye kandi n’Abanyarwanda baciye umugani ngo ‘ikirima ni ikiri mu nda’ ndet...
Mu Ijambo Perezida Kagame yaraye agejeje ku bagize ihuriro ryitwa Raisina rihuza u Buhinde n’inshuti zabwo, yagarutse ku nkingo bwakoze, avuga k’ubufatanye mu burezi, ikoranabuhanga, ubucuruzi n...
Itsinda ry’Abanyarwanda 140 baba mu gace ka Tongogara kubatswemo inkambi y’impunzi batangaje ko badashobora kwemera gutahuka mu Rwanda nyuma y’imyaka itanu bambuwe uburenganzira bwo kwitwa impunzi. Ba...
Hagati yo ku Cyumweru no ku wa Mbere inzego z’umutekano zataye muri yombi abantu 12 barimo umwe wahoze ari umusirikare, bakekwaho ko bafatanyije mu kwica umugore bagatwara amafaranga. Babafashe ...
Urukiko rwa Gisirikare muri Burkina Faso rwemeje ko Blaise Compaoré wahoze ayobora icyo guhugu atangira gukurikiranwa ku ruhare yaba yaragize mu rupfu rwa Thomas Sankara, wishwe mu myaka 34 ishize. Ur...
Perezida wa Sena Dr Iyamuremye Augustin yavuze ko u Rwanda rudakeneye abarwibutsa kwibuka abishwe muri Jenoside bazira ko batayishyigikiye, kuko nta we urusha abanyarwanda kumenya ibigwi byabo. Ni aba...
Imyaka ibiri irashize Uturere twa Bugesera na Gisagara twunganiwe na Croix Rouge mu bijyanye n’imbangukiragutabara zifashishwa mu gutwara indembe, ndetse ibimenyetso bigaragaza ko ubu bufatanye burimo...
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko ibiciro ku isoko byazamutseho 2% muri Werurwe, mu gihe muri Gashyantare byari byazamutseho 1.6%. Icyo kigo kivuga ko iryo zamuka ryatew...
Nyuma y’uko Intambara yongeye kwaduka mu gace ka Masisi na Rutshuru mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, inyeshyamba zikaba zari zimaze iminsi zarigaruriye ibice byinshi by’ah...
Leta y’u Rwanda igiye guhabwa izindi nkingo 100,620 za Pfizer, muri gahunda mpuzamahanga yo gufasha ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere kubona inkingo za COVID-19, COVAX. Kuri uyu wa Mbere nibwo gah...









