Abakuru b’ibihugu na za guverinoma bahurira mu Nama Mpuzamahanga y’Akarere k’Ibiyaga Bigari (ICGLR) bahuriye muri Angola, mu nama iganirirwamo ibijyanye na politiki n’umutekano muri ...
Leta ya Tchad yemeje ko Perezida Marshal Idriss Déby Itno yapfuye, nyuma y’ibikomere yagiriye mu mirwano irimo kuba muri icyo gihugu. Apfuye nyuma y’iminsi ibiri byemejwe ko yatorewe gukomeza ku...
Mu gihe isi ikeneye amakuru arambuye kandi yuzuye muri iki gihe yugarijwe na COVID-19, ubushakashatsi buherutse gukorwa na Reporteurs Sans Frontières( RSF) butangaza ko itangazamakuru ribangamiwe mu b...
Raporo yamuritswe n’u Rwanda yagaragaje ko u Bufaransa bwagize uruhare mu gutuma Jenoside ishoboka, gusa bisobanurwa ko raporo igamije kugaragaza amateka, itagamije kugira abo ikurikiranaho ibyaha. Iy...
Imibare iheruka gutangazwa n’ikigo MTN Rwanda igaragaza ko kugeza ku wa 31 Ukuboza 2020 cyungutse miliyari 20.2 Frw, zivuye kuri miliyari 6.8 Frw cyungutse mu 2019, bingana n’izamuka rya 196.99%. Mu g...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 19 Mata Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ikigo cyo mu karere gishinzwe imicungire y’imbunda ntoya n’amasasu (RECSA) na Ambasade ya Leta zunze ubumwe...
Ikigo cya mbere itumanaho rya telefoni mu Rwanda, MTN Rwandacell PLC, cyatangaje ko kizinjira ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda ku wa 4 Gicurasi 2021, nyuma yo guhabwa uburenganzira n’in...
Raporo yatangajwe kuri uyu wa Mbere ku ruhare rwa Leta y’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi yanzuye ko u Bufaransa bwayigizemo uruhare rufatika(significant) kuko rwateye ingabo mu bitugu Guve...
Mu masaha yo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 19, Mata, 2021, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama Y’Abaminisitiri idasanzwe iri butangarizwemo uruhare rw’ubutegetsi rw’u Bufaransa...
Federasiyo y’Umupira w’amaguru muri Uganda, FUFA, yirukanye Bwana Johnathan McKinstry wari usanzwe ari Umutoza w’Ikipe y’Igihugu The Cranes. Yatangiye gutoza ikipe y’igihugu ya Uganda tariki 30, Nzeri...









