MTN Rwandacell Plc yabaye ikigo gishya ku isoko ry’imari n’imigabane ry’u Rwanda, nyuma yo gushyiraho imigabane miliyari 1.3 Frw. Iyi migabane 1.350.886.600 yashyizwe ku isoko igize ...
Minisiteri y’Ubutabera, Urukiko rw’Ikirenga, Urukiko rw’Ubujurire n’Ubushinjacyaha, byamaze kwimuka aho byakoreraga ku Kimihurura. Mu minsi mike hazazamurwa inyubako idasanzwe ikazubakwa nk’ishoramari...
Nyuma y’igihe gito arahiriye kuyobora Tanzania, Madamu Samila Suluhu Hassan yasuye Kenya, ruba urugendo rwe rwa mbere akoreye muri kiriya gihugu. Kenya na Tanzania nibyo bihugu by’ibicyeba mu by’ubuku...
Bill Gates washinze uruganda Microsoft agiye gutandukana n’umugore we Melinda bamaze imyaka 27 babana, nk’uko uyu muryango wamaze kubitangaza. Bill Gates bibarwa ko afite umutungo wa miliyari $130. Mu...
Umunya-Tunisia Béchir Ben Yahmed ukomoka muri Tunisia ariko ufite ubwenegihugu bw’u Bufaransa washinze ikinyamakuru Jeune Afrique yapfuye azize COVID-19. Ni nyuma y’ukwezi yanduye kiriya c...
Ku munsi wa Kabiri wa ririya rushanwa wabaye kuri uyu wa Mbere tariki 03, Gicurasi, 2021 abasiganwa berekeje mu Karere ka Huye, nyuma y’agace ka mbere kabaye kuri iki Cyumweru kagasorezwa i Rwamagana...
Ubushinjacyaha bw’i Paris bwasabye ko iperereza ryakorwaga ku basirikare b’Abafaransa ku ruhare rwabo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rihagarikwa. Ni nyuma y’igihe bisabwa n’imiryango iharanir...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa MTN Group, Ralph Mupita, uri mu Rwanda mu gihe icyo kigo cyitegura gushyira ku isoko imigabane muri MTN Rwanda. Kuri uyu wa Kabiri nibwo ...
Ikigo gishinzwe gucuruza amashusho Canal+ Rwanda cyashyize igorora abakiliya bacyo, kibashyiriraho uburyo bwo kureba incamake za Tour du Rwanda kuri Canal+ Sport 1, buri munsi guhera saa kumi n’ebyiri...
Mu Karere ka Nyaruguru hari kubakwa umuhanda uva i Kibeho ku Kiliziya ahigeze kubera amabonekerwa ugakomeza ku bitaro bya Munini ugakomeza ugana mu Karere ka Huye. Umuturage witwa Bikorimana yabwiye T...









