Nyuma y’igihe gito M23 ifashe Umujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryanzuye kwimura ingabo zaryo zari ziri mu Mujyi wa Walikal...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF) Gen Muhoozi Kainerugaba, aherekejwe na mugenzi we w’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama riherereye mu Karere ka M...
Mu rwego rwo kwihaza kuri Lisansi na Petelori, Leta y’u Rwanda irashaka kubaka ibigega byinshi bishobora kubika Litiro miliyoni 334 mu gihe ibyari bisanzweho byabikaga Litiro miliyoni 66.4 zonyine. Um...
MTN Group ubu ifite umuuyobozi mushya witwa Ali Monzer akaba agomba gusimbura Mapula Bodibe. Uyu mugabo yari asanzwe ayobora MTN ishami rya Sudani y’Epfo, imirimo yatangiye guhera muri Mata, 2024. Mon...
Ingabo za Sudani zirishimira ko zafashe inyubako yose isanzwe ari Ibiro by’Umukuru w’igihugu, zikirukana abagize umutwe wa Rapid Support Force bari bamaze igihe barabujije uwo ari we wese kuhegera. N’...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko Ibiro bya Ambasade yayo i Brussels mu Bubiligi byafunzwe bityo abashaka serivisi zayo bazazisanga mu Buholandi ahitwa La Haye. Hatangajwe kandi...
Muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Epfo haravugwa imirwano hagati y’Umutwe w’Abarundi witwa RED Tabara uvuga ko urwanye Leta y’Uburundi n’abagize urubyiruko rwa Wazalendo bamaze igihe ba...
Mu gihe habura igihe gito ngo u Rwanda n’isi muri rusange bibuke Jenoside yakorewe Abatutsi, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rukomeje gusaba abaturage kwirinda ingengabitekerezo yayo. Kuri u...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa Louise Mushikiwabo yabwiye Televiziyo mpuzamahanga y’Abafaransa TV 5 Momdd ko atemera ko guhana ibihugu baherutse kwivana mu murya...
Gen Muhoozi Kainerugaba yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yari amaze igihe ateguje. Mu masaha ashyira saa kumi z’umugoroba nibwo yageze i Kigali, yakirwa na mugenzi we uyobora ingabo z̵...









