Banki ya Kigali( BK) yatangije ubufatanye mu by’imari na sosiyete sivile, amadini naza Ambasade binyuze mu gushinga ishami ryihariye rishinzwe kwita kuri izo nzego. Iri shami riherereye mu Murenge wa...
Umworozi witwa Nzabakurana Jean Marie Vianney worore mu Murenge wa Kimonyi mu Karere ka Musanze avuga ko aho inganda zikora ibiryo by’amatungo zitangiriye gukora, byatumye amatungo cyane cyane i...
Imibare – nayo y’agateganyo- iravuga ko abantu 1002 ari bo bahitanywe n’umutingito wabaye muri Mynamar. Wibasiye cyane iki gihugu ariko ugera n’ahandi harimo mu Bushinwa, mu Bu...
Ubwo yakiraga indahiro y’Umunyamabanga Mukuru mushya wa RIB, Colonel Pacifique Kabanda Kayigamba, Perezida Paul Kagame yagiriye uru rwego inama yo gukoresha ubwenge buhangano mu gukumira no kurw...
Ikigo cya Amerika gishinzwe kureba iby’imitingito US Geological Survey gitangaza ko mu Majyepfo ya Aziya hadutse umutingito ufite ubukana bwa 7.7 usenya byinshi mu Buhinde, Bangladesh, Laos, Mya...
Imitima y’abayobozi bakuru mu Burundi irahagaze. Ibi ahanini biterwa n’ubwoba bushingiye ku makuru bavuga ko ashingiye ku makuru y’uko u Rwanda rushaka kubatera. Perezida Evariste Nd...
Rwabutogo Jeanne uyobora ishyirahamwe ry’abagore bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka mu Karere ka Rubavu avuga ko kuba bagikura muri DRC inyinshi mu mbuto bacuruza bibahendesha. Yifuza ko hak...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje igishushanyo gisobanura uko ibiyaga by’ingenzi mu Rwanda bizabyazwa umusaruro. Ibiyaga by’ingenzi mu Rwanda ni ikiyaga cya Kivu, ikiyaga cya Muhazi, i...
Ingabo z’u Rwanda (RWABATT-2) zoherejwe mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), zambitswe imidali yo kuzishimira umuhati zigira mu kubungabunga umutekano mu baturag...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola witwa Téte António yatangaje ko Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we João Lourenço baganira uko bakomeza kugirana inama. Antoni...









