Taarifa yamenye ko Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwatangiye iperereza ngo rumenye ukuri ku bivugwa by’uko abarimu bigishaga muri Kaminuza yitwaga Kigali Institute of Management(KIM) bahaye abanye...
Umutwe w’iterabwoba uri mu mitwe itinyitse muri Afurika y’i Burengerazuba witwa Boko Haram ufite umuyobozi mushya witwa Bakura Sahalaba. Niwe wasimbuye Abubakar Shekau uherutse kwiyahura. Abubakar She...
Uruganda rukora sima mu Rwanda, CIMERWA, ruherutse gutangaza ko rwungutse miliyari 30 Frw, ni ukuvuga inyongera ya 14% ugereranyije n’uko byagenze mu mwaka wa 2020. Umuyobozi ushinzwe imari muri ruriy...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Kamena 2021 ubwo Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yavugaga ijambo rirangiza amahugurwa y’iminsi itatu yahuje abapolisi n’abacungagereza ba...
Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare bakuru bane bagirwa ba Colonel, barimo Lt Col Jean Paul Nyirubutama wahise agirwa Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego Rushinzwe Iperereza n...
Mu mwaka wa 2011, abasore n’inkumi 13 barihuje batekereza uko bafasha bagenzi babo babuze igishoro kukibona bagatangira gukora nabo bakiteza imbere. Ni igitekerezo bavuga ko bagize nyuma yo kwibuka ko...
Itsinda ry’abashoramari bo muri Qatar riyobowe na Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda, Abdulla Bin Mohammed A. Al Sayed bagiranye ikiganiro kihariye na Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare...
Ubwo yatangizaga umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Dr Peter Muthuki uyobora Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, yabwiye bagenzi be ko kwibuka iriya Jenoside ari ngombwa niba bashaka ko...
Dr Ron Adam uhagarariye Israel mu Rwanda aherutse guha amaraso Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gukusanya, kurinda no guha amaraso abayakeneye. Ni ku nshuro ya gatatu yari abikoze. Ron Adam yatangiye gutan...
Amakuru atangwa na bimwe mu binyamakuru byo muri Hong Kong avuga ko Dong Jingwei wahoze ari Visi Minisitiri muri Minisiteri y’umutekano w’igihugu yahungiye muri Amerika akajyana amabanga y’ibyabereye ...









