Jean Paul Kimonyo wigeze kuba umujyanama wa Perezida Paul Kagame yagizwe umuyobozi w’Ikigo Levy Mwanawasa Regional Centre for Democracy and Good Governance gikorera i Lusaka muri Zambia. Ni ikigo gish...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rugeze kure ibiganiro n’abaterankunga b’umushinga wo gukorera inkingo za COVID-19 mu gihugu, mu rwego rwo gutuma uyu mugabane ubasha kubona izihagije. Ntabwo ha...
Ikigo cya Israel gikora ibikoresho na gahunda by’ikoranabuhanga cyakoze uburyo(software) bita Pegasus, bufite ubushobozi bwo kumenya ibyo abantu baganira kuri telefoni zabo bakoresheje uburyo hafi ya ...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi yafatanye abantu batanu ibicuruzwa bya magendu birimo inkweto, imyenda n’insinga z’amashanyarazi, babivanye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Biriy...
Ibi bigaragazwa n’ubwinshi bw’amafaranga abarwa iyo ibiyobyabwenge byafashwe na za Polisi zo hirya no hino ku isi. Urugero ni ibiyobyabwenge byafashwe na Polisi ya Turikiya mu mwaka wa 2020 byose hamw...
Ikawa ni kimwe mu binyobwa bitari amazi bikundwa kurusha ibindi ku isi. Bamwe bavuga ko ihumura neza, abandi bakemeza ko itera akanyabugabo mu kazi, ariko abahanga bo bavuga ko irinda umwijima kubyimb...
Perezida Kagame yaraye avuze ko ibyo mugenzi we uyobora u Bufaransa yavuze ubwo yari mu Rwanda bidafite akamaro gusa ku byerekeye gusaba imbabazi, ahubwo bifite akamaro kurushaho ku kwerekana amateka ...
Amasaha y’ingendo yashyizwe hagati ya saa kumi za mugitondo kugeza saa moya z’ijoro, hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. Ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu nama idasanzwe y’abaminisi...
Perezida Paul Kagame yayoboye inama y’abaminisitiri idasanzwe, isuzumira hamwe ingingo zirimo ingamba nshya zo kurwanya Covid-19 mu gihugu. Ni inama ibaye mu gihe ubwandu bushya bwa Covid-19 buk...
Mu nama yateguwe n’Umuryango mpuzamahanga w’ubucuruzi yabaye kuri uyu wa Mbere tariki 21, Kamena, havugiwemo ko u Rwanda, Senegal, Afurika y’Epfo na Nigeria ari byo bihugu by’Afurika bihabwa ama...









