Abarwanyi bagera ku 110 bo mu mitwe yitwaje intwaro irimo FDLR/FOCA bamanitse amaboko, bishyikiriza Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC. Bari bafite imbunda 73. Bishyikirije ingabo za L...
Abantu bane bagize uruhare mu kwica umunyamakuru wa The Washington Post Jamal Kashoggi muri 2018 batorejwe muri Leta zunze ubumwe z’Amerika nk’uko byatangajwe na The New York Times kuri uyu wa Kabiri...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera Colonel Pascal Muhizi, amuha ipeti rya Brigadier General. Col Muhizi yahoze ayobora ingabo...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yagejeje ku Nteko Ishinga amategeko ingengo y’imari y’umwaka wa 2021/22, izagera kuri miliyari 3807 Frw. Iziyongeraho miliyari 342.2 Frw, binga...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Juru mu Karere ka Bugesera bugambiriye kugabanya ibitera ibyaha mu baturage bityo abaturage bakabizibukira. Umunyamabanga nshingwabikorwa wawo Fred Rurangirwa yabwiye Taarifa ...
Perezida Duterte wa Philippines yaburiye abaturage b’igihugu cye ko uzanga gukingirwa COVID-19 azafungwa. Yababwiye ko Polisi ifite kasho na gereza bihagije bityo abasaba kumvira amabwiriza, bakemera ...
Itsinda ry’abasirikare 47 bo mu bihugu byiganjemo ibya Aziya ziri mu Rwanda mu rwego rwo gutsura ubufatanye hagati yazo n’iz’u Rwanda. Mu Rwanda zakiriwe n’umugaba w’ingabo zirwanira mu kirere Lieute...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko abantu 40 bari mu bitaro ku buryo bakeneye kwitabwaho mu buryo bwihariye, barimo batandatu barembye kubera icyorezo cya COVID-19. Imibare y’abanduye...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 22, Kamena, 2021 Dr Daniel Ngamije yavuze ko nta makuru inzego z’ubuzima z’u Rwanda ziramenya y’uko ubwoko budasanzwe bwa COVID-19 buvugwa mu Buhinde n’ahandi bwageze mu Rwan...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye kohereza muri Afurika inkingo za COVID-19 zisaga miliyoni 15, nk’igice cy’inkingo miliyoni 80 icyo gihugu giheruka kwemera gusaranganya n’amahanga bitarenze Kame...









