Ubuyobozi bw’Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi buri gusuzuma uko bwakuriraho ibihano u Burundi. Ni ibihano mu by’ubukungu byashyizweho mu mwaka wa 2015 ubwo mu Burundi habaga imidugararo yatewe n’uko Pie...
Hoteli 13 na resitora 40 zimaze kujya ku rutonde rw’izigomba kwakira gusa abantu bipimishije COVID-19 bagasanga ari bazima, nk’uko bigaragazwa n’amabwiriza mashya ya Minisiteri y’Ubuzima n’Urwego rush...
Nyuma y’uko ingabo za Uganda zivuye mu gace ka Marianguwaay hafi y’ahitwa Lower Shebelle muri Somalia, bakahasigira ubutegetsi bw’i Mogadishu, abarwanyi ba Al Shabaab bahise bahigarurira. Umuhango wo ...
Bamwe mu bantu bakuru bavuga ko urubyiruko rw’u Rwanda muri rusange rutumva inama ruhabwa n’ababyeyi, iyi ikaba imwe mu mpamvu zituma rwishora mu busambanyi, gukoresha ibiyobyabwenge n’indi myitwarire...
Imiryango 130 yorojwe inka na Croix Rouge y’u Rwanda mu Karere ka Kirehe mu Ntara y’Ibirasirazuba ikomeje guhindura ubuzima, ku buryo igera kuri 45 yamaze kwitura, yoroza abandi batari bafite ubushobo...
Abana ‘benshi’ bo muri Pologne bafite imyaka itarenze 12 y’amavuko baherutse kubwira Polisi y’aho ko basenye imva zishyinguyemo imibiri y’Abayahudi bazize Jenoside yabakorewe ikozwe n’Abayahudi kubera...
Nsabimana Callixte ‘Sankara’ uregwa ibyaha by’iterabwoba yabwiye abacamanza ko ahazaza he hari mu biganza byabo, yingingira urukiko kumuha andi mahirwe maze akagabanyirizwa ibihano. ...
Umunyapolitiki witwa Marine Le Pen yatangarije France Inter ko iyo yitegereje uko amatora ari kugenda, asanga hari ikizere cyo gutsinda. Anenga Emmanuel Macron ko afata Abafaransa nk’abana b’imyaka in...
Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Peter Vrooman yahaye inzego z’ubuzima z’u Rwanda ibikoresho 100 bireba mu muhogo bigafata amacandwe aherwaho bapima ubwandu bwa COVID-19. Babyita video laryngoscopes. Ya...
Umujyi wa Kigali wafashe icyemezo cyo gufunga imihanda itatu yo mu Biryogo mu Karere ka Nyarugenge, ihindurwa ahantu resitora zizajya zakirira abantu bahanye intera. Ni icyemezo cyafashwe mu kwirinda ...









