Umwe mu bakozi ba Minisiteri y’ingabo mu Bwongereza yataye impapuro zikubiyemo amabanga akomeye y’igisirikare cyabwo. Muri yo harimo imigambi yo gukorana n’ingabo za Afghanistan n’uko u Bwongereza bwa...
Hashize imyaka itatu abahanga bemeje ko nta kabuza ku mubumbe wa Mars hari amazi atemba. Si ibyo gusa bemeje ahubwo bemeje ko hari ibindi biyaga birenga 10 biri hirya no hino kuri ‘uriya mubumbe bita...
Abakorera imiryango iharanira uburenganzira bw’abana bavuga ko ibirombe bicukurwamo ibuye ry’agaciro ryitwa Cobalt ari byo bigwamo abana benshi bagapfa. Kubera ko bisa n’aho ibigo bicukura ririya buy...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yaherekeye H Fisk Johnson washinze akayobora Ikigo gikora imiti kitwa SCJohnson bajya gusura ivuriro riri ahitwa Saruhembe mu Murenge wa Mahama, Akarere ka Kire...
Muri iki gihe hari ababona umubano w’u Bushinwa n’Afurika bakibwira ko utangiye vuha aha, aho u Bushinwa batangiriye kurya isataburenge Amerika mu by’ubukungu. Si byo kuko iyo urebye usanga waratangir...
U Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo byasinye amasezerano atatu ajyanye no guteza imbere ubucuruzi n’ishoramari, harimo amwe arebana n’ubufatanye mu kunoza ubucukuzi n’ubucuruzi bwa zahabu. R...
Ubuyobozi bw’agace ka Surfside muri Leta ya Florida muri Amerika bwatangaje ko abantu batanu bamaze gupfa naho 156 ntibaraboneka kuva ku wa Kane, ubwo inzu ya Champlain Towers yahanukaga mu gito...
Nizeyimana Mugabo Olivier yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, mu matora yari asigayemo ari umukandida umwe. Yageze ku munsi w’amatora ari wenyine nyuma y’uko Rurang...
Rurangirwa Louis yakuye kandidatire mu matora ya Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, bituma Nizeyimana Olivier asigara ari umukandida umwe rukumbi kuri uwo mwanya. Rurangi...
Umuhanzi Bruce Melodie yatandukanye na Juno Kizigenza na Kenny Sol nyuma y’umwaka umwe abafasha mu muziki, bakaba bagiye gutangira urugendo rushya ku giti cyabo. Ni abahanzi yafashije gutangira urugen...









