Iki kibuga cyari kimaze imyaka 20 kigwaho kikanahagurukiraho indege z’intambara Amerika yakoreshaga irasa ku Batalibani mu misozi ya Afghanistan. Giherereye ahitwa Bagram. Amerika yahisemo kubaka kiri...
Mu Ntara ya Yudeya hafi y’ahashyinguwe umubiri w’Umuhanuzi Samuel uvugwa muri Bibiliya hamaze igihe hashya, bika bikekwa ko ari abagizi ba nabi bahatwitse ku bushake. Umuhanuzi Samuel avugwa muri Bibi...
Kuva mu mwaka wa 2015 ni ubwa mbere Umuyobozi mukuru ku rwego rwa Minisitiri w’Intebe mu Rwanda asuye u Burundi. Byabaye kuri uyu wa Kane tariki 01, Nyakanga, 2021 ubwo Dr Edouard Ngirente yitabiraga ...
Perezida Paul Kagame yirukanye Eng. Alfred Dusenge Byigero wari Umuyobozi Mukuru w’ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura, WASAC, ahita asimbuzwa by’agateganyo Gisèle Umuhumuza wari umwungirije. Byige...
Perezida Paul Kagame yashimagiye ko u Rwanda rufite intego yo kuziba icyuho mu buringanire mu bijyanye no kugera kuri serivisi z’ikoranabuhanga bitarenze umwaka wa 2026, agaragaza bimwe mu bizatuma iz...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko kuba Perezida Paul Kagame yohereje intumwa mu birori by’ubwigenge bw’u Burundi ari igitangaza, kuko bigaragaza icyerekezo cyiza cy’umubano, nyuma y...
Ubushakashatsi bwakozwe n’abaganga bo mu Rwanda bwerekanye uburyo guhurira ahantu hafunganye mu tubyiniro n’ibirori byo mu ngo byakwirakwije COVID-19, guhera mu minsi ya mbere ikigera mu gihugu. Ni ub...
Umuhanzi François Nsengiyumva wamamaye nka Gisupusupu ejo nibwo byatangajwe ko yafashwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho ibyaha birimo icyo gusambanya ku gahato umwana w’imyaka 13. Kuri uyu...
Taarifa yabajije Dr Aimable Mbituyumuremyi ushinzwe ibikorwa byo kurwanya Malaria mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima aho ubwandu bwayo buhagaze mu Rwanda avuga ko Malaria igihari kandi ifata benshi. Avuga ...








