Mu rwego rwo kumenya byinshi ku mikorere y’ingabo z’u Rwanda, Umuvugizi w’Ingabo wazo Col Ronald Rwivanga yabwiye Taarifa ko kimwe mu byo ingabo z’u Rwanda zishyira imbere ari ihame ry’uburinganire. N...
Duduzile Zuma umukobwa wa Jacob Zuma arashinjwa kuba nyirabayazana w’imyigaragambyo igiye kumara iminsi irindwi ica ibintu mu mijyi irimo na Johannesburg muri Afurika y’Epfo. Tweets ze nizo zatumye ba...
Polisi y’u Rwanda yakiriye amahugurwa yateguwe n’Ishami rya Polisi y’Umuryango w’Abibumbye(UN Police) azamara iminsi itanu. Ku rubuga rwa Twitter ya Polisi y’u Rwanda handitse ko abitabiriye ariya mah...
Minisiteri y’Ubuzima yaguze imashini 26 zitanga umwuka uhabwa indembe, mu gihe abandura n’abazahazwa na COVID-19 ukomeje kuba munini uko bwije n’uko bukeye. Mu kwezi gushize iyi minisiteri yatangaje k...
Abaturage bo mu bice bimwe na bimwe by’Afurika y’Epfo bagiye kumara iminsi ine bari mu myigaragambyo kubera kutishimira ifungwa rya Jacob Zuma wahoze ayobora kiriya gihugu. Iyi myigaragambyo ifite imb...
RwandAir yabaye ikigo cy’indege cya mbere cyo munsi y’ubutayu bwa Sahara cyinjiye mu mikoranire Qatar Airways, izafasha cyane abagenda n’indege z’ibyo bigo mu buryo buhoraho hashingiwe ku byicir...
Mu gihe ibihugu biherereye mu Majyepfo y’Afurika bigize Umuryango w’ubufatanye The Southern African Development Community (SADC) byari bikiganira ngo byemeze igihugu kizayobora umutwe w’ingabo z’uriy...
Igihe cy’ibizamini bya Leta bisoza uyu mwaka w’amashuri mu byiciro bitandukanye cyageze. Kuri uyu wa Mbere byatangiriye ku basoza amashuri abanza bagera ku 254,678, bikazakomereza ku bindi byiciro. Ni...
Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Haïti, Martine Moïse yavuze ko iyicwa ry’umugabo we ryakozwe ‘mu kanya nk’ako guhumbya.’ Ni ubutumwa aherutse gutambutsa kuri Twitter akoresheje ijwi rye yahacishije....
Polisi y’u Rwanda yafashe umugabo w’imyaka 48, wafatanwe ibilo 60 by’urumogi, udupfunyika twarwo 50, amacupa 652 y’amavuta yo kwisiga atemewe ya Mukorogo, amacupa 90 y’amavuta yo mu ...









