Mugema yigeze gufungirwa Jenoside yakorewe Abatutsi aza kurekurwa, ariko ubu yongeye gutabwa muri yombi kubera ingengabitekerezo yayo yongeye kugaragaza. Asanzwe atuye mu Mudugudu wa Nyarutovu, Akagar...
Hon. Senateri Donatille Mukabalisa usanzwe uyobora Ishyaka Parti Libéral yavuze ko abayoboke biri shyaka bahora bibuka akamaro abahoze ari abayoboke n’abayobozi baryo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi...
Abantu 31 nibo bivugwa ko baguye mu gitero cyagabwe n’ingabo z’u Burusiya muri Ukraine mu Mujyi witwa Sumy abandi 84 barakomereka. Perezida wa Ukraine witwa Volodymyr Zelensky avuga ko u Burusiya bwag...
I Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro ahitwa ku Mulindi haraye habeye ibyago byatewe n’urukuta rwagwiriye abantu bari bacumbitse mu nzu yabigenewe, babiri bajyanwa kwa muganga. Byabaye kuri uyu wa Gatan...
Igitero cy’indege za Israel cyasenye igice cy’ibitaro byonyine byari bisigaye muri Gaza cyari gisigaye gikoreshwa mu kwakira indembe. Ubuyobozi bw’ingabo za Israel buvuga ko buri guk...
Minisitiri muri Perezidansi, Uwizeye Judith yaraye avugiye ku cyicaro cy’Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, RBA, ahibukiwe abanyamakuru bazize Jenoside ko iyo urebye neza usanga nta somo Jenoside ya...
Inzego z’ubuzima muri Gitega, Umurwa mukuru w’u Burundi, zihangayikishijwe cyane n’ubwiyongere bw’abaturage bazahajwe n’inzoga yitwa Umugorigori, abantu banywa bagasara. Ikozwe mu bigori ariko yanegek...
Meteo Rwanda iraburira abaturarwanda ko guhera kuri uyu wa Gatanu kuzageza kuwa Mbere tariki 14, Mata, 2025 mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi izaba irimo n’inkuba. Ni imvura izagwa mu bice byinshi...
Ahagana saa yine z’ijoro kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu gice cy’Uburengerazuba bw’Umujyi wa Goma uturanye n’Akarere ka Rubavu humvikanye ibisasu biremereye. Abahatuye babwiye itangaza...
Ibyago byagwiririye Ngirimana Emmanuel w’imyaka 28 utuye mu Mudugudu wa Nkuro, Akagari ka Vugangoma, Umurenge wa Macuba, Akarere ka Nyamasheke ubwo Frw 120,000 yari yagurishije ingurube yahiraga mu nz...









