Leta y’Ubuyapani yatangaje ko hari abaturage bayo 100,000 babaruwe ko bafite imyaka 100, ibintu bitigeze biba ahandi ku isi. Ababaruwe si abafite imyaka 100 yuzuye ahubwo barimo n’abayiren...
I Lubero muri Kivu ya Ruguru haravugwa urupfu rw’abantu 102 bivugwa ko bishwe na ADF. Inama y’Abapesikopi Gatulika yo muri iki gihugu ivuga ko abashinzwe umutekano n’inzego za Leta b...
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga Croix Rouge y’u Rwanda yifatanyije n’izindi ku isi wahariwe ubutabazi bw’ibanze, umwe mu bayobozi bakuru bayo yaboneyeho gutangaza ko iri gufash...
Ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda bwatoye bushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka buri gihugu kikagira ubwigenge ...
Mu gihe cy’iminsi 15, Ikigo cy’igihugu kibungabunga ibidukikije, REMA, kimaze gusuzuma ubuziranenge bw’ibyuka biva mu binyabiziga 1000 kandi uwo murimo urakomeje. Intego ni ugukangurira abantu g...
Ishami rya RBC rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe rivuga ko 51.3% by’Abanyarwanda biyahura, ari urubyiruko. Ni abafite hagati y’imyaka 19 na 35 , muri bo 16.8% bari munsi y’imyaka 18 n&#...
Urukiko rukuru rwa gisirikare rwasubitse gusomera Joseph Kabila, igikorwa cyari bube kuri uyu wa Gatanu tariki 12, Nzeri, 2025 kigasubikwa kubera ko hari ibindi urukiko rwasanze bigomba kubanza kugibw...
Minisitiri w’Intebe wa Qatar Sheikh Mohammed bin Abdulrahman al-Thani arajya i Washington kubwira Perezida Trump impungenge yatewe n’igitero Israael iherutse kugaba ku butaka bwe ihakurikiye abayobozi...
Kuri X/Twitter, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yamaze gufata umwe mu bantu batatu baherutse kugaragara bahohotera umugore mu buryo bugagaraza ubugome. Abandi nabo iracyabahiga. Itangazo ryayo ri...
Mu masaha ari imbere nibwo urukiko rwa gisirikare rwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ruri busomere Joseph Kabila nyuma yo kuburanisha urubanza Ubushinjacyaha bwa gisirikare bwamuregagamo ibyaha bir...









