Perezida wa Kenya William Ruto yageze i Beijing mu Bushinwa kuganira n’ubuyobozi bwabwo uko ibihugu byombi bakongera imikoranire mu bukungu n’ahandi. Urwo ruzinduko ruzamara iminsi itanu, abamuhereke...
Haribazwa ingano y’abazaza mu gitaramo cy’Umunyarwanda Mugisha Benjamin, The Ben, giteganyijwe kuzabera muri Kampala Serena Hotel cyane ko kizagongana n’icy’umwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda witwa...
Paul Kagame yanditse kuri X ko u Rwanda rwifatanyije n’amahanga mu kababaro k’urupfu rwa Papa Francis, avuga ko ruzamwibukira ahanini k’ukuba yarasabye imbabazi mu izina rya Kiliziya kubera uruhare ya...
Mu murwa mukuru wa Argentina witwa Buenos Aires niho Jorge Mario Bergoflio waje kuba Papa Francis yavukiye, hari Tariki 17, Ukuboza, 1936. Akiri muto yarwaye ibihaha bituma hagira igice cy’ibiha...
Ku myaka 88 nibwo Papa Francis yatabarutse azize uburwayi yari amaranye iminsi. Asize amateka ko ari we waharaniye uburenganzira bw’abantu babana bahuje ibitsina, akemera ko bashobora no kuba mu...
Evode Munyurangabo uhagarariye Umuryango w’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Komini Ntongwe wavuze mu izina ry’abashyinguye ababo ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe muri Nto...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Nduhungirehe Jean Patrick Olivier ari muri Pakistan mu ruzinduko rw’iminsi itatu rwo gutsura umubano harebwa uko i Kigali hafungurwa Ambasade ya Pa...
Ikigo gikurikirana amakuru y’ubutasi kitwa SITE Intelligence Group cyatangaje ko hari abasirikare 70 ba Benin bishwe n’abarwanyi b’Ishami rya Al Qaeda ryitwa JNIM mu gitero bagabweho...
Mu gihe cy’umunsi umwe ageze muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Joseph Kabila yahuye n’amakuru y’uko Ishyaka rye Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie (PPRD) r...
Abafana ba Rayon Sports baraye bishimye nyuma yo gutsinda Muhazi United ibitego bibiri k’ubusa mu mukino wabereye mu Karere ka Ngoma ahari Stade iyi kipe isanzwe yitorezaho. Umukino wabaye kuri ...









