Bisanzwe bizwi ko abantu bagejeje cyangwa barengeje imyaka 55 bagira ibyago byinshi byo kurwara indwara z’umuti n’imitsi, bigaterwa ahanini n’uko nyine baba bashake, izo ngingo zitagikora neza. Muri i...
Buri ruhande hagati ya M23 na Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwasohoye itangazo bivugwa ko ryemeranyijweho rikubiyemo iby’ingenzi bigomba kubahirizwa kugira ngo inzira iganisha ku mah...
Abari bahagarariye M23 mu biganiro byateguraga ibindi bizaba mu mpera za Mata, 2025, baravugwaho kubivamo kubera impamvu z’uko hari ibyo batemeranyije kandi bikomeye. Bivugwa ko kuri uyu wa Kabiri tar...
Korali Hoziana ivuga ko yahinduye mu Giswayili indirimbo yayo yamenyekanye kurusha izindi yise Tugumane Mwami. Mu Giswayile bayise “Kaa Nami”. Kuri uyu wa Kabiri nibwo ubuyobozi bwa Hoziana bwatangaj...
Aborozi, ababaga, abatunda amatungo n’abatunganya impu bahuriye mu nama bigiramo uko bahuza imbaraga mu kuzamurira impu agaciro. Bemeza ko iyo zititaweho ngo zitunganywe, bibahombya n’igihugu muri rus...
Uwo ni Alfred Antoine Uzabakiliho umaze igihe akoresha amazina ya Gitifu Sebatware kuri X akibasira abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu buryo bweruye. Ibigo bikora ubushakashatsi kuri Jenoside ya...
Minisitiri w’Inganda n’Ubucuruzi Prudence Sebahizi avuga ko aherutse kuganira na bagenzi be bo mu bihugu by’Afurika bemeranya ku ngamba zizafasha ibihugu byabo guhangana n’izamurwa rya 10% riherutse g...
Richard Nick Ngendahayo umwe mu bahanzi baririmbye kandi bagakundirwa kuririmba indirimbo zihimbaza Imana mu myaka yaza 2000 ariko akaza kubihagarika, avuga ko yagarutse ngo akomereza muri uwo mujyo. ...
Colonel Pacifique Kabanda Kayigamba uyobora Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, yatangije Inama ihuje abagize Komite zungirije mu Ihuriro ry’Umuryango wa Polisi zo mu Karere k&#...
I Vatican batangaje ko Papa Francis azashyingurwa kuri uyu wa Gatandatu. Baboneyeho no kwerekana amafoto y’umurambo we wambitswe ikanzu itukura, n’ingofero ya Papa na rozari mu kiganza cye...









