Tiffany Sadler arateganya gusura u Rwanda mu Cyumweru gitaha akazaganira narwo uko umubano hagati ya Kigali na London wakomeza, ukaba mwiza kurushaho. Itangazo Taarifa Rwanda ikesha Ambasade y’U...
Umugabo wahoze avura ingagi ubu akaba yariyeguriye kwita ku misambi ngo idacika wiwa Dr. Olivier Nsengimana yahembwe £100,000 ni ukuvuga Miliyoni Frw 192 ashimira uwo muhati we. Igihembo yahawe kitwa...
Mamadi Doumbouya uyobora Guinea Conakry yaraye ageze mu Rwanda bwije, ahitira muri Hotel Kigali Marriot aho yari atererejwe n’abaturage be baba muy Rwanda bamwakirana ubwuzu. Amashusho ye ubwo yahager...
Muri Kamena, 2025 biteganyijwe ko u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo bizasinya amasezerano y’amahoro azasinyirwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hari Abakuru b’ibihugu byose u...
Ku batari bumva Rubio uwo ari we, twabamenyesha ko yitwa Marco Rubio akaba yari amaze igihe gito ari Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga naho uwo yasimbuye yitwa Mike Waltz y...
Ni icyifuzo cya Ambasaderi Jean Pierre Karabaranga wari wagiye kwifatanya n’abandi barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye bari bashyinguye imibiri iherutse...
Mu kiganiro yahaye France 24, Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda gushaka kumutera, akavuga ko ruzabikorwa rwitwaje ko abateye ari Abarundi kandi ari rwo rubari inyuma...
Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi rukorera mu Mujyi wa Kigali rwategetse ko sosiyete ikora umuziki yitwa Evolve Music Group Ltd yishyura umuhanzi Gabiro Girishyaka Gilbert bita Gabiro Guitar Frw 900,000 ny...
Umwe mu bagize Inteko ishinga amategeko ya Kenya witwa Charles Were yarashwe n’abantu bari bari kuri moto baramwica bahita batoroka. Polisi ivuga ko abamwishe bari bamaze umwanya bamucunga aho yacaga ...
Aho ibintu bigeze, Israel iremera ko yibasiwe n’inkongi ikomeye k’uburyo byabaye ngombwa ko yitabaza amahanga ngo ayifashe kuyizimya. Ibyo ni Ubutaliyani, Ubugereki, Chypre na Croatia. Kuri uyu ...









