Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko abasirikare batatu bari mu butumwa bwo kurwanya ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado biciwe mu gico batezwe, abandi batandatu barakomereka. Icyo gic...
Hagati y’impera za Mata n’intangiriro za Gicurasi, 2025 ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge ryafatiye mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali ibilo birenga 50 by’urumogi n...
Aba cardinals 133 bose bamaze kugera muri Chapelle Sistine iri i Roma ngo batore Papa usimbura Francis uherutse gupfa. Abatora bose bagomba kuba bafite imyaka itarenze 80. Mbere hari butore aba Cardin...
Perezida Paul Kagame yakiririye mu Biro bye Umuyobozi ku rwego rw’isi w’Umuryango Mpuzamahanga wa Croix Rouge witwa Mirjana Spoljaric Egger. Yamwakiranye n’uyobora uyu muryango ku rwego rwa Afurika wi...
Umwaka wa 2024 wabereye abagabo mubi kuko wabahitanye kurusha abagore kandi abenshi bazira indwara zitandura(47.7%) mu gihe abahitanwa n’indwara zandura ari 42.9%. 9.4% rigizwe n’abicwa n’izindi mpamv...
Abahanga mu binyabuzima cyane cyane abo mu bikururanda( reptiles) bavuga ko inzoka yo mu bwoko bw’incira( biva ku nshinga: gucira) bita cobra ari yo ya mbere ndende kurusha izindi( ireshya na me...
Guhera mu ntangiriro za Mata, 2025 muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bakiriye impunzi 10,000 zaturutse muri Sudani y’Epfo zinjirira ahitwa Aru. Abakora muri Komisiyo ya DRC ishinzwe kwita ku mpun...
Imwe mu ngingo yari imaze iminsi ivugwa ariko u Rwanda rutaragira icyo ruyitangazaho ni ubufatanye bw’u Rwanda na Amerika mu kwakira abimukira Washington izoherereza u Rwanda ibintu byose nibicamo. Us...
Ubwenge buhangano( Artificial Intelligence) ni igikoresho gikoresha murandasi mu kunganira benshi ariko cyane cyane abanyamakuru. Kubukoresha mu buryo bufite intego nibyo bigirira akamaro itangazamaku...
Mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi haravugwa gutemana hagati y’abantu babiri bacukura amabuye y’agaciro mu mugezi wa Nyabahanga uri mu Murenge wa Gitesi. Uko gutemana kwabereye mu Murenge wa...









