Ubwo yagezaga ikiganiro gikubiyemo igenamigambi ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026 n’uko izakoreshwa, Minisitiri Yussuf Murangwa yavuze kubaka umuhanga Kigali-Muhanga utagikozwe kuko hari ibitara...
Igenamigambi rya Leta y’u Rwanda rivuga ko ingengo y’imari y’u Rwanda mu mwaka wa 2025-2026 izaba Miliyari Frw 7.032,5 ni ukuvuga inyongera ya Miliyari Frw 1.216 ugereranyije n’...
Umwotsi wera werekana ko Papa mushya yatowe wamaze kuzamurwa ahaberaga amatora yo gusimbura Francis uherutse gutabaruka. Uwatowe ni Umunyamerika ukomoka muri Chicago akaba yari asanzwe ayobora Abepisi...
Hashize imyaka 61 Umuryango mpuzamahanga wita ku mbabare Croix Rouge, utangiye gukorera mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane tariki 08, Gicurasi, 2025 ubwo isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe uyu muryang...
U Rwanda rwoherereje amahanga ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi byose hamwe bifite agaciro ka $ 8,263,198, byose bikaba bingana na toni 8,909. Iyi mibare ikomatanyije ibintu byoherejwe hanze hagati y’it...
I New Delhi mu Murwa mukuru w’Ubuhinde no muri Islamabad mu murwa mukuru wa Pakistan haraganirwa intambara ikomeye ishobora kurota hagati y’ibihugu byombi niba nta rutangira ibayeho. Minisitiri w’Inte...
Imiterere y’u Rwanda iranyuranye kandi bigira ingaruka ku mitunganyirize n’imitangirwe y’amazi meza cyane cyane mu cyaro. N’ubwo u Rwanda rwiyemeje ko mu mwaka wa 2030 abaturag...
Ku munsi wa mbere w’amatora ya Papa uzasimbura Francis nta mu cardinal waraye wemejwe, bityo umwotsi wera werekana ko hari uwatowe ntiwazamurwa. Aho kuzamura uwera hazamutse uwirabura bityo isi ibona ...
Abarwanyi ba M23 bafashe Luhwinja muri Kivu y’Amajyepfo ahantu hakize cyane kuri zahabu. Bivugwa ko abo barwanyi bahafashe batarwanye. Abahatuye babwiye Radio Okapi ko aha ari ahantu ha mbere ba...
Perezida Paul Kagame yageze i Paris mu Bufaransa aganira na mugenzi we Emmanuel Macron. Perezidansi y’u Rwanda ivuga ko Abakuru b’ibihugu byombi baganiriye kuri byinshi bifite aho bihuriye...








