Ikigo cya Uganda gishinzwe irangamuntu n’irangamimerere, The National Identification and Registration Authority, NIRA, cyatangaje ko guhera tariki 27, Gicurasi, 2025 buri muturage ufite imyaka y’ubuku...
Guverinoma y’u Rwanda iteganya ko, mu rwego rwo kwihutisha iterambere, muri buri Karere hazubakwa ikigo cya TVET cy’ikitegererezo. Bizakorwa mu myaka itanu ni ukuvuga hagati ya 2024 na 2029, igihe cy...
Minisitiri mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ushinzwe imirimo y’Inama y’Abaminisitiri, Inès Mpambara yashimiye abagore bo mu Karere ka Kamonyi bagize ubutwari batanga ubuhamya bw’ihohoterwa bakorewe mur...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryafatiye ibihano amakipe atandukanye arimo na Kiyovu FC na AS Kigali yo mu Rwanda birimo iby’uko ayo yombi ‘atemerewe’ kwandikisha abakinny...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, yerekana ko ibyo cyohereje hanze hagati y’itariki 05 n’itariki 09, Gicurasi, 2025 ikawa ari yo yaj...
Kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida wa Amerika Donald Trump yageze i Riyadh muri Arabie Saoudite mu ruzinduko rwa mbere akoreye mu Burasirazuba bwo Hagati. Intego ni ukwagura ubucuruzi. Ataragera no ku ...
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo iherutse kwemeza ko hatangizwa inyigo yo kumenya no gutangira gucukura petelori mu mariba 52 mashya. Inama y’Abaminisitiri yataranye tariki 02, Gicurasi...
Diomaye Faye uyobora Senegal yabwiye amahanga ko u Rwanda ari igihugu ibindi byo muri Afurika bikwiye kwigiraho mu guha ikoranabuhanga umwanya wa mbere mu bintu byose. Hari mu kiganiro yatangiye mu na...
Abantu bari bari mu Kiliziya basenga batunguwe ubwo umusirikare yinjiraga akabarasa akicamo batatu. Byabereye muri Kiliziya iri ahitwa Banana muri Kongo-Central. Ababibonye bavuga ko uwo musirikare ya...
Paul Kagame yageze i Abidjan muri Côte d’’Ivoire mu nama yamuhuje na bagenzi be yitwa Africa CEO Forum iyobowe na mugenzi we Alassane Ouattara. Africa CEO Forum ni inama yitabirwa n’abayobozi bakuru ...









