Ibi biremezwa n’Umudepite wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Grâce Neema wabwiye uhagarariye UNHCR muri gihugu cye ko mu Ntara ya Bas -Uele hari kwinjira impunzi nyinshi ziva muri C...
Perezida wa Mozambique Daniel Chapo yayoboye umuhango wo kwakira mu gisirikare cy’igihugu cye abasore n’inkumi 525 bamaze amezi atandatu batozwa n’ingabo z’u Rwanda uko intambara yo ku butaka irwanwa...
Mu bantu icumi bakize kurusha abandi batuye Afurika, Aliko Dangote aracyari uwa mbere na Miliyari $23.9. We na bagenzi be bagashize, bashoye mu bintu bitandukanye birimo ubucuruzi bwa petelori, ituman...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 24, Gicurasi, 2025, Madamu Jeannette Kagame arahemba abakobwa 123 bahize abandi mu kwiga no gutsinda neza ibizamini bya Leta. Ni bamwe muri bagenzi babo 471 baturutse hiry...
Abanyamahanga biga muri Kaminuza ya mbere muri Amerika yitwa Harvard University bagejeje ikirego mu nkiko barega ubutegetsi bwa Donald Trump kubera icyemezo bwafashe cy’uko iyo Kaminuza ikwiye g...
Iyi Banki ivuga ko hagati ya Mutarama na Werurwe 2025 yungutse miliyari 5,4 Frw nyuma yo kwishyura imisoro kandi ko inyungu yabonye mu mezi atatu ya mbere ya 2025 yazamutseho 14% ugereranyije n’igihe...
Ngoga Martin wari usanzwe uhagarariye u Rwanda muri Kenya yoherejwe mu Muryango w’Abibumbye guhagararira yo inyungu z’u Rwanda. Yasimbuye Ernest Rwamucyo wahise umusimbura muri izo nshinga...
Uyu mugabo ukomoka muri Phillppines wari umaze imyaka imyaka irenga itanu adakina iteramakofe yatangaje ko agiye kugaruka muri uyu mukino. Biteganyijwe ko tariki 19, Nyakanga, 2025 azakina umukino n’u...
Ibarura ryakozwe hashingiwe ku banduye Malaria batuye Umujyi wa Kigali byaragaraye ko abantu 10, 399 bo mu Mirenge 15 yo mu Mujyi wa Kigali, basanzwemo Malaria. Minisiteri y’ubuzima iherutse gutangiza...
Minisitiri w’Intebe wa Israel yaraye yanditse kuri X ko Ubwongereza budakwiye kwitiranya kwirwanaho nk’igihugu no gukorera abantu ibya mfura mbi. Minisitiri w’Intebe Sir Keir Starmer uyobora Ubwongere...









