Abayobozi mu bubanyi n’amahanga ba Israel na Syria baherutse kwicarana baganira uko hakwirindwa ko umwiryane umaze igihe hagati y’impande zombi uramba. Abantu batanu bakurikiye uko byagenze, bav...
Kuri uyu wa Kane mu Mujyi wa Kigali hazatangizwa uburyo bugenewe abajyanama b’ubuzima buzabafasha gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano mu gukusanya amakuru ya serivisi baha abarwayi akabikwa ...
Constant Mutamba usanzwe ari Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko atazitaba urukiko rusesa imanza rwamutumije ngo rumubaze kubyo akekwaho byo kunyereza...
Hafi y’ikiyaga cya Rwanyakizinga kiri muri Pariki y’Akagera hagiye kubakwa Hoteli ikomeye cyane aho kuyiraramo ijoro rimwe uzishyura agera ku $12,000 ni ukuvuga arenga Miliyoni Frw 17. Izubakwa n’Ikig...
Abagize imiryango 17 y’abaturage barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi baremewe na bagenzi babo baturanye, baboroza intama babaha n’ibikoresho by’isuku n’ibiribwa. Abo baturage bose ni abo mu murenge ...
Abagenda Ngororero bajya cyangwa muri Rubavu bavuga ko babangamiwe n’uko hari imodoka zitwarana abagenzi n’amatungo kandi ashobora kubanduza indwara. Amatungo avugwa cyane kugendana n’abaturage ni ink...
Ubuyobozi mu Mujyi wa Kigali bwatangaje ko bugiye gushyiraho uburyo buboneye bwo gufasha abatega imodoka mu buryo bwa rusange kuzitega hakurikijwe amasaha azwi kandi adahindagurika. Ni uburyo buzafash...
Bertrand Bisiimwa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yaburiye yasabye ingabo z’u Burundi ziri muri RDC gutaha iwabo bigishoboka kuko abo zaje kurwanya ari abantu barwanira uburenganzira bwabo. Uyu mun...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Tshisekedi avuga ko inzego zose zigomba guhaguruka zigafatanya mu gutuma inzego ziyobora Intara z’igihugu cye zikomeza kunga ubumwe. Aherutse kubwir...
Minisiteri y’uburezi muri raporo yayo, yemeza ko imibare yo mu mwaka w’amashuri wa 2024 yerekana ko abakobwa bigaga amashuri abanza n’ayisumbuye barutaga ubwinshi basaza babo kuko bari 50.5% mu gihe a...









