Miguel Uribe Turbay ufite imyaka 39 y’amavuko washakaga kwiyamamaza ngo ayobore Colombia, igihugu cyo muri Amerika yo Hagati, yarashwe amasasu atatu, abiri mu mutwe n’irindi mu ivi ariko n...
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko ruva mu muryango wa CEEAC nyuma y’aho ibihugu biwugize birimo DRC birwitambitse ntirwemererwe kuwuyobora bigizwemo uruhare na DRC. Uwo mwanzuro wafashwe nyuma y’...
Abashoramari bo muri Israel bakorera mu Rwanda baganiriye n’ubuyobozi bwa RDB uko barushaho kurushoramo. Hari mu kiganiro bagiranye ngo barebe ahandi abo banyemari bashora harimo mu ikoranabuhan...
Ku nshuro ya kabiri nyuma yo kuva ku izima, Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Constant Mutamba, yongeye kwitaba ubutabera, abazwa iby’inyerezwa rya Miliyoni ...
Imyaka ibaye umunani umwana witwa Ishimwe Daniel yemerewe ubufasha ngo yige neza ariko ntibwamugezeho mu buryo bwari bwarateguwe, bidindiza imyigire n’imikurire bye. Nyina yapfuye akimubyara, akurira ...
Mu Tugari twa Kawangire na Rwimishinya mu Murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza hafatiwe abantu 40 bagize itsinda ryiyise Wazalendo bagakorera abandi urugomo. Barukoraga bakoresheje imihoro, ubuhiri,...
Inzobere zagaragaje ko imiyoborere yifashisha ikoranabuhanga ari ngombwa mu guteza imbere igihugu kugira ngo zigeze igihugu ku iterambere rirambye kandi ridaheza. Mu nama yabaye kuwa tariki 5, Kamena,...
Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia hagati mu mwaka wa 2015 na 2021 yipfuye afite imyaka 68. Umukobwa wa Lungu usanzwe ari Umudepite, Tasila Lungu Mwansa niwe wabitanhaje avuga ko Se yapfiriye mu bi...
Dr. Athanase Nduwumuremyi uyobora Ishami rya RAB rikora ubushakashatsi ku binyabijumba n’ibinyamizi ni ukuvuga ibirayi, imyumbati n’ibijumba amara impungenge abaturage ko ibirayi byongerer...
Donald Trump yasinye inyandiko yemeza ko nta ndege zo mu bihugu 12 zemerewe kuza muri Amerika. Ibyo bihugu birimo Afghanistan, Haiti na Iran , Trump akemeza ko Amerika idakenye abo bantu. Ari: ”...









